• Sun. May 19th, 2024

Month: January 2024

  • Home
  • CAN 2024, ibitangaza bishya ku ikipe y’u mupira w’amaguru ya Côte d’Ivoire.

CAN 2024, ibitangaza bishya ku ikipe y’u mupira w’amaguru ya Côte d’Ivoire.

CAN, ikomeje kubamo udushya, ni mugihe i kipe y’umupira w’amaguru yaCôte d’Ivoire ya bonye itike bitayoroheye ubwo yakinaga n’ikipe y’igihugu cya Sénégal. Abakunzi baruhago mu buryo butunguranye ha baye gusezererwa…

Minembwe Capital News, yahawe ubuhamya bu babaje, bw’u Munyamulenge uheruka ku nyura mu Kibaya cya Ruzizi.

Ubu hamya Minembwe Capital News, yahawe n’umunyekongo wo mu bwoko bw’Abanyamulenge, uheruka kunyura u Muhanda wa Plaine Dela Ruzizi agana i Bukavu. Buteye ishavu! Yavuze ko aha, yahanyuze mu gihe…

Les combats ont encore repris ce mardi entre les coalitions gouvernementales de la RDC contre le m23.

Les combats ont encore repris ce mardi matin le 30.01.2024 entre le M23 et la coalition de la République Démocratique du Congo. Les combats ont encore repris aujourd’hui dans la…

Bidasanzwe indege y’intambara ya FARDC, yahitanye abasirikare benshi barwana k’uruhande rwa Guverinoma ya Kinshasa.

Havuzwe imfu zidasanzwe zashikiye ingabo zi bumbiye mw’ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa, aho bapfuye ku bwinshi kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 30/01/2024, mu bice byo muri teritware ya Masisi.…

La coordination du mouvement du 23 Mars (M23 en sigle) lance un cris d’alarme à la communauté Internationale.

La direction du M23, un groupe qui s’oppose à la Coalition des forces armées du côté du gouvernement de Kinshasa, demande à la communauté internationale de ne pas garder le…

Hongeye kubura imirwano mu nkengero z’u Mujyi wa Sake, uri mu birometre 27 n’u Mujyi wa Goma, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Imirwaro yongeye kubura kuri uy’u wa Kabiri, tariki ya 30/01/2024, hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa Guverinoma ya Kinshasa. N’imirwano yongeye kubera muri Localité ya Mushaki, Karuba no…

Ubuyobozi bwa M23, burasaba amahanga kudacyecyeka mu gihe ingabo za leta ya Kinshasa, zikomeje kwica abasivile mu Burasirazuba bwa RDC.

Ubuyobozi bwa M23, umutwe uhanganye n’ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa Guverinoma ya Kinshasa, burasaba imiryango Mpuzamahanga kudacyecyeka mu gihe ubwicanyi burimo gukorerwa abasivile mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya…

Imitwe y’itwaje imbunda mu Ntara ya Ituri, yemeye kurambika intwaro hasi amahoro akagaruka mur’ibi bice.

Imitwe y’inyeshamba irimo CODECO yashizeho umukono wamasezerano yo kugarura amahoro mu Ntara ya Ituri, mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Nk’uko bya vuzwe ku munsi w’ejo hashize tariki…

Umuryango w’Abibumbye (L’ONI), wamaganye iterwa ry’ibisasu rikomeje kwibasira abasevile mu Burasirazuba bwa RDC.

Mu itangazo umuryango w’Abibumbye (ONI), bashize hanze k’uwa Mbere, tariki ya 29/01/2025, riganewe Abanyamakuru rya maganye iraswa ry’ibisasu byi basira abasivile ahanini bavuga muri Mweso. N’itangazo rya nditswe n’intumwa y’umunyamabanga…

Muri Localité ya Kirotshe, imirima y’abaturage, yangirijwe n’ibisasu by’ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

Ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa, zikomeje kwa ngiriza ibikorwa remezo by’abaturage, harimo ko n’imirima ko yononekaye, itewemo ibisasu biremereye by’ihuriro ry’Ingabo za RDC. Ahagana isaha z’umugoroba zokuri uy’u wa Mbere,…