Umugore wo mu gihugu ca Uganda, kumyaka ye y’ubukure mirongo irindwi( 7O) yibarutse impanga (Umuhungu n’umukobwa). Ni umudamu ukuze uzwi kw’izina rya Safinah Namukwaya.
Nk’uko iy’inkuru yakomeje kuvugwa n’ibinyamaku bya Uganda, ivuga ko uriya mudamu uri mu kigero cy’imyaka 7O yubatse urugo afite Imyaka 50 y’amavuko. Gusa akimara kurongorwa yabuze Abana ariko ngo akomeza kwizera no kubwira umuryango we ko azibaruka Abana.
Uriya mudamu avuka m’ubwoko bw’Abanyankore asanzwe atuye i Masaka ho mu Burengerazuba bwa Uganda.
Mbere y’uko abyara yoherejwe k’ubitaro bikuru bya Murago biherereye i Kampala kumurwa Mukuru w’igihugu ca Republika ya Uganda, abariho y’ibarukira kuri uyu wo k’uwa Gatatu, tariki 29/11/2023.
Bruce Bahanda.
https://kwors.com