• Sun. May 19th, 2024

President Tchisekedi mubiganiro byabaye Ejo Ikinshasa y’ibasiriye imiryango mpuza Mahanga harimo AU.

ByBruce

Jan 31, 2023
Share with others

President Tchisekedi yibasiriye umuryango wa AU(Africa Union), ubwo yari mubiganiro na b’Adiplomate bahagariye Ibihugu byabo muri RDC, ndetse yibasira nindi miryango irimo Ibihugu harimo nibiyaga bigari.

Yagize ati: “Mwananiwe gukemura ikibazo c’Umutekano muke uri mugihugu ca Congo, maze atunga agatoki Urwanda avuga ko rufasha M23” nubwo Tchisekedi ashinja Urwanda gufasha M23 ariko Urwanda rurahakana ndetse nabaturage batuye mubice bya Eastern ya Congo.

Mugihe Tchisekedi atunga agatoki imiryango ihuriyemo Ibihugu, iyimiryango yo yirinda kugira Igihugu itunga agatoki ko caba kirinyuma yumutekano muke uri muri Eastern ya Congo.

Mugihe bimeze uko intambara zikomeje kubica muri Masisi Aho M23 ikomeza gufata Ibindi bice nyuma yogufata Kitchanga

Politiki

By Bruce

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

2 thoughts on “President Tchisekedi mubiganiro byabaye Ejo Ikinshasa y’ibasiriye imiryango mpuza Mahanga harimo AU.”

Comments are closed.