• Sun. May 19th, 2024

Ibinibyo Bice FDLR zibarizwa mo muri Masisi.

ByBruce

Jan 31, 2023
Share with others

Mumakuru yahawe Minembwe Capital News nuko ibice birimo FDLR, Fardc ndetse na Bacanshuro aribyo bice aba Tutsi barimo kwicigwamo abadapfuye bagafungwa, ibyo bice nibi: 1.Ingungu, 2.Mubihambwe, 3 Nyamitaba
Hamwe no mu Gasiza.



Aka gace ka Gasiza, ejo hashize tariki 28/01/2023, umutwe wa FDLR batwitse Abana baba Tutsi bongera banyaga n’Inka zabo, nkuko twabibwiwe nabaturage baturiye inkengero zaha muraka gace.




Gusa M23 iheruka gutanga itangazo ivuga ko Amahanga yakomeje kurebera akarengane Tutsi(Banyamulenge), bagizemo igihe kirekire maze M23 isezeranya Tutsi ko bagiye guhagurukira iki kibazo, iritangazo ryatanzwe numuvugizi wa M23 mubya Gisirikare Major Willy Ngoma.




Nkuko bizwi iki bazo ca Tutsi muri Congo nikibazo kimaze imyaka irenga 50, kuko aba Tutsi batangiye kugirirwa nabi muri Eastern ya Congo guhera mumwaka wa 1963.

By Bruce

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.