• Sun. May 19th, 2024

M23 ikomeje kwigarurira Ibindi bice muri Masisi mumirwano ibahuza na Fardc .

ByBruce

Jan 31, 2023
Share with others

Imirwano yongeye kubura mugitondo canone tariki 31.01.2023 Mubice bya kumuhanda witwa Shangi uri muri Kirorirwe.

Intambara ikomeje kubica bigacika hagati ya M23 na FARDC ivanze nabafatanya bikorwa babo aribo Abacanshuro (Wagner), Maimai ndetse na FDLR, iyi Mirwano ikaba iri kubera mubice bitandukanye ho Muri Territory ya Masisi nka Shangi aha nikumuhanda wa Kirorirwe, Kitobo na Mungote.

FARDC ikomeje kuvuga ko iri muri 5Km numujyi wa KITSHANGA iheruka gufatwa nabasore bahetse isezerano ( M23).

Mumakuru tumaze kwakira Kuri Minembwe Capital News, nuko nejo hashize imirwano yabereye mubice bya Burungu na Kirorirwe nimugihe ingabo za FARDC ziyobowe na Gen Mayanga, zari zije kugerageza amahirwe ngo zirebe ko zisubiza Burungu, gusa byarangiye Fard yambuwe nagace bari bifashishije kitwa Kizimba.

Kugeza kurinone M23 iracahagaze neza nkuko tubikesha bamwe mubarwanyi bayo.

By Bruce

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

9 thoughts on “M23 ikomeje kwigarurira Ibindi bice muri Masisi mumirwano ibahuza na Fardc .”
  1. Nibafate na Goma bigire inzira ndabona abaturage ba Goma babyemeye nkurikije Audi yumugabo umwe numvise

Comments are closed.