• Sun. May 19th, 2024

Iyobokamana

  • Home
  • Dore ibice byaraye bigaragayemo ubwira Kabiri, ahanini ku mugabane w’Amerika.

Dore ibice byaraye bigaragayemo ubwira Kabiri, ahanini ku mugabane w’Amerika.

Ahagana isaha ya saa munani n’iminota irindwi zamanywa yo kuri uyu wa Mbere tariki ya 08/04/2024 ku masaha y’i Washington DC muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, habaye ubwira Kabiri bw’i…

Iz’i saha hari ubwira Kabiri, ahanini muri leta Zunze Ubumwe z’Amerika.

Kuva ku masaha y’umugoroba yo kuri uyu wa Mbere, tariki ya 08/04/2024, biteganijwe ko haba ubwira Kabiri. Ni uguhera isaha ya saa moya n’iminota makumyabiri nine z’ijoro ku masaha yo…

Umushumba mukuru w’Itorero Zion Temple, Apostle Paul Gitwaza yageneye Abanyarwanda ubutumwa burimo ihumure, muri ibi bihe barimo kwibuka.

Umushumba mukuru w’Itorero Zion Temple ku Isi, Apostle Paul Gitwaza, kuri iy’i nshuro ya 30 yo kwibuka Abatutsi bishwe muri genocide, yagize ubutumwa agenera Abanyarwanda. Ni mu gihe kuri uyu…

Pasitoli (pastor), Saint Cadet Misigaro, yatanze ubusobanuro ku ijambo rivuga “Urufatiro.”

Pasitoli(pastor ) Saint Cadet Misigaro, yabwirije ku ijambo rivuga “Urufatiro.” Urufatiro n’iki? Ni mu materaniro y’igitondo cyo ku Cyumweru, tariki ya 07/04/2024, aho yateraniye mu itorero rya Philadelphia Evangelical Church,…

Urwego rw’ubugenzacyaha mu gihugu cy’u Rwanda(RIB), rwerekanye abantu batawe muriyombi bafatanwe ‘ibirozi’ herekanwa n’ibirozi byabo.

Urwego rw’i gihugu rw’u bugenzacyaha mu gihugu cy’u Rwanda(RIB), rwataye abagabo batatu muriyombi bafatanwe ‘ibirozi’ bavuga ko bikiza muri urwo rwego bakiba abantu. Ni kuri uyu wa Gatatu tariki ya…

Uganda: mu giterane cyo gusoza Pasika, Ev. Biganza Moïse yabwirije ko haba icyaha kimwe gusa cyo “ku tizera Yesu kristo.”

Umubwiriza butumwa wagabuye ijambo ry’Imana kuri uyu munsi wo gusoza igiterane cya Pasika, yabwirije ko haba icyaha kimwe gusa, “ukutizera.” Ni Biganza Moïse usanzwe ari umuvugabutumwa mu Bihugu byo mu…

Muri gereza y’i Roma, umushumba mukuru w’idini katolika ku isi, Papa Francis yakoze igikorwa gisa nicyo Yesu yakoze akiri mu Isi.

Umushumba mukuru w’idini katolika ku isi, Papa Francis, yakoze igikorwa gisa nicyo Yesu yakoze, wogeje ibirenge bya bigishwa be, nk’uko tubisoma muri Bibiliya. Ni ku munsi w’ejo hashize tariki ya…

Abanyekongo bo mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, ahanini Abanyamulenge, bishimiye gufungurwa kwa Jacque Rukeba Chirac.

Abanyekongo bo mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo (Abanyamulenge) bishimiye gufungurwa kwa Jacque Rukeba Chrac, wari umaze umwaka afungiwe i Kinshasa k’umurwa mukuru w’i Gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.…

Umuririmbyi ufite ama muko i Mulenge, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, ari mu byishimo by’umurengera, nyuma yo kunguka ibindi bishya ku mbuga nkoranya mbaga.

Umuririmbyi mu ndirimbo zo guhimbaza Imana no kuyiramya, Israel Mbonyi, yujuje miliyoni y’abamukurikira kuri Channel (Umuyoboro) ya YouTube. Ni Israel Mbonyi, ufite ama muko i Mulenge, mu Ntara ya Kivu…

Abasenyeri bo mu idini Gatolika, muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, basabye ubutegetsi bwa Kinshasa, ibikomeye ku zamenyekana ko afasha M23.

Abasengeri bo muri Repubulika ya demokarasi ya Congo basabye ko hoba guhana abategetsi bo muri leta ya Kinshasa bafasha cyangwa bashigikira M23. Ni mu Nama idasanzwe yateranye k’uwa Kabiri, tariki…