• Sun. May 19th, 2024

Amakuru y’imvahonshya mu misozi miremire ya Rurambo, akarere kari karasenywe na Mai Mai ifatanije na Red Tabara.

Share with others

Inkuru y’imvahonshya kuri Rurambo.

Yanditswe na: Bruce Bahanda, tariki 19/08/2023, saa 6:20Am, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Nyuma yuko akarere k’imisozi miremire ya Rurambo, kibasiriwe n’intambara zayogoje Uburasirazuba bwa Republika ya Democrasi ya Congo, bivuye ku banzi ahanini bari ba hagarariwe na Red Tabara na Mai Mai zo mu bwoko bwa Bapfulero na Batwa .

Nimugihe aka karere kari kamaze gutera lmbere, muburyo Amashirahamwe nka Ebenezer n’indi mishinga, bari bamaze ku ka yoboka maze bu bakamo Amasomo i Bitaro ndetse aha hakaba hari hamaze kubakwa n’Umuhanda wavaga Uvira unyuze za Gatobwe.

Izi Nyeshamba zirimo izi komoka i Burundi n’imbere mu gihugu baje kugaba ibitero byagasenye abaturage barahunga bakwira ibihugu byose. Imihana irasenywa Rurambo i hinduka amatongo .

Aha niho Abaturage b’irwanaho(Twirwaneho), baje guhaguruka uyu mwanzi baramurwanya mu buryo bwose bushoboka, ku bwamahiwe umwanzi arahunga kurubu dore ishusho yaka karere urebeye kunshusho ya photo.

Umunyamakuru wa Minembwe Capital News, David Rukara yazengurutse aka karere kose dore ibyo yatubwiye: “Umwanzi yikojeje isoni ngo arasenya Rurambo! Ubu na karere wagira ngo ni Paradizo! bu batse imidugudu nawe wakwirebera ukurukije amashusho twabashe gufata.”

Yakomeje ati:

“1. Ep(Ishuri ry’ibanze) Kahororo rirahari, iri n’Ishuri ry’ubtswe na Eben ezer,”

“2. Ep kipimo lrahari nayo yariyarubaswe na Eben ezer,”

“3. Ep Bijojwe lrahari (y’ubatswe na Eben ezer ) irahari,”

“4. Ep Malungu yubaswe n’ishengero Eglise Vivante lrahari,”

“5. Ep Bibagwa ( y’ubatswe na Eben ezer),”

“6. Ep Mbundamo, iyi y’ubatswe na group Milima,”

“7. Institut Chanse( y’ubatswe na Groupe Milima irahari,”

“8. Institut kahororo ( y’ubatswe na TEAFAOD ) irahari.”

David Rukara, umu nyamakuru wa Minembwe Capital News, yakomeje yerekana i Bitaro bya Rurambo:

“1. Centre De Santé Kahororo ( yubaswe n’ishirahanwe AMI ) irahari,”

“2. Hôpital Bibangwa ( yubaswe na AMI ifatikanije na Gen Bisengimana ) ifite imiryango 21 nayo irahari,”

“3. Centre De santé Kitembe (y’ubatswe n’ishirahanwe AMI) nayo irahari,”

“4. Centre De santé Bijojwe (y’ubatswe n’ishirahanwe AMI) irahari.”

Yakomereje ku Makanisa(Amatorero):

“1. Amakanisa ya Gitoga aha harabiri (2):

Irya 37ème CADEC, Michingo na Centre Giitoga yariyobowe na Reverend Pastor MUYEHE, yavuze ko ni nzu ye igihari.”

“Amakanisa ya Gahororo yose aracyahari, ikanisa rya Bibangwa , Bijojwe, na Rurambo .”

Aha twinjiye mu Masoko agize aka gace.

Kurubu harema aya Masoko:

“1. Isoko ya Gatatu (3) iremera mu Gitoga, amoko yose aturiye akarere ka Rurambo, arema iyo Soko, aha twovuga Abanyarubuga, na bava Gahororo bose bayihuriramo.”

“2. Isoko ya Kabiri ( 2), iremera mu Rubuga, aka nagace uba werekera mu Bijojwe, Miki no muma kariyeri, uba ugana mu bibira byo muri teritware ya Itombwe.”

“3. Isoko ya Kane (4), iremera mu Buzuke, aho nimuri Gahororo .”

Harandi Masoko ahuza Rurambo n’ibice by’umushyashya wa Uvira:

“1. Isoko ya Runingu irema umunsi w’Iyinga(ku Cyumweru), ubu abaturage ba Gahororo nabandi bose batangiye kuyirema bacyiye inzira ya Gatobwe.”

“2. Isoko ya Rubanga, irema naka Zrimwe(kuwa Mbere), iremera ahitwa kumusozi wa Rubanga. N’isoko ihuza Abanyagahororo, Lemera, ndetse nava Bwegera, iyo nayo amoko yose akaba ayisangamo.”

Nkuko Minembwe Capital News yabwiwe, nuko abagize uruhare runini kugira ngo akarere ka Rurambo kongere kubakwe abashimirwa bambere ni Twirwaneho, umwami wa Bapfulero ba Plaine Dela Ruzizi ndetse namoko yose agize ibi bice: “Abanyamulenge, Abapfulero n’abandi.”

By Bruce

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.