• Sun. May 19th, 2024

Fardc

  • Home
  • Hamenyekanye ko ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo (FARDC), ziri gutura kugaba ibitero mu Mihana ya Twirwaneho, mu Ntara ya Kivu y’Epfo.

Hamenyekanye ko ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo (FARDC), ziri gutura kugaba ibitero mu Mihana ya Twirwaneho, mu Ntara ya Kivu y’Epfo.

Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo (FARDC), ziravugwaho gutegura ku gaba ibitero mu baturage b’irwanaho bazwi nka Twirwaneho. Ni amakuru avuga ko ibyo bitero biri gutegurwa n’ingabo zo muri…

Umusirikare wa Repubulika ya demokarasi ya Congo (FARDC), ufite ipeti rya General, arashinjwa ubujura ku rwego ka buhariwe.

Gen Ngoy Timothy Makwamba ashinzwe ibya gisirikare ‘defence attaches’ muri ambasade ya Congo mu gihugu cya Afrika y’Epfo ya garagayeho ubujura bukaze. Amakuru y’ubujura bwa Brig General Ngoy Timothy Makwamba,…

Umukuru w’idini katolika muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, Frodolin Ambongo, yagize icyavuga ku gisirikare cya FARDC.

Umukuru w’idini katolika muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, Frodolin Ambongo yanenze igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo (FARDC), avuga ko gisa nk’i gihari nyamara ntacyo gikiza. Ni mu…

Ibyari ibyishimo by’ingabo za FARDC byabahindikiye ikimwaro, nyuma y’uko Col Erasto Bahati Musanga wo muri M23 wari waratangajwe ko yishwe n’izo ngabo, yagaragaye mu ruhame.

Ibyari ibyishimo by’ingabo za FARDC byabahindikiye ikimwaro, nyuma y’uko Colonel Erasto Bahati wo muri M23, wari waratangajwe ko yishwe n’izo ngabo, yagaragaye ari muruhame. Nibyari bigize igihe bikwirakwijwe y’uko Colonel…

Kuri uyu wa Gatandatu, imirwano yakomeje, hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa, muri teritware ya Masisi.

Imirwano hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo z’u butegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, yakomeje kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 30/03/2024, mu bice byo muri teritware ya Masisi. Ni…

Kuri uyu mugoroba wo ku wa Gatanu, igisasu cyahitanye abarimo na Wazalendo, mu bice byo muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 29/03/2024, igisasu cyahitanye abasirikare ba Repubulika ya demokarasi ya Congo, mu bice byo muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mu Burasirazuba…

Hamenyekanye ibindi byimbitse ku rugamba rwasakiranije Wazalendo n’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Hamenyekanye ibindi byimbitse ku ntambara yogusubiranamo kwa Wazalendo n’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo (FARDC), yabereye mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo. Ni mu mirwano yasakiranije Wazalendo na FARDC mu…

Umuvugizi w’i gisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo(Fardc), mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru yiswe umunyakinyoma.

Umuvugizi w’igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, Lt Col Ndjike Kaiko Guillaume, yiswe umunyakinyoma nyuma y’uko yari amaze kwerekana abasirikare ba M23, igisirikare cye, cyafatiye kurugamba. Ni mu mirwano…

Abasirikare bo muri leta ya perezida Félix Tshisekedi, bahora biba imishahara ya bagenzi babo bagejejwe imbere y’urukiko rukuru rwa gisirikare mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Abasirikare ba leta ya perezida Félix Tshisekedi Tshilombo, bashinjwa ku nyereza amafaranga ya baganzi babo, bagejejwe mu rukiko rukuru rwa gisirikare mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Ni abasirikare babiri baba…

I Goma, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, habereye ibiganiro bidasanzwe byahuje ubuyobozi bw’Ingabo n’imiryango itandukanye kuri leta.

I Goma mu Ntara ya Kivu y’Amajyarugu habaye ibiganiro bidasanzwe byahuje ubuyobozi bw’Ingabo n’abahagarariye imiryango itegamiye kuri leta. Ni biganiro byabaye nyuma ya saa sita zo kuri uyu wa Kabiri,…