• Sun. May 19th, 2024

U mutwe wa M23, watanze amabwiriza agenga abaturage baturiye ibice byose bagenzura M’uburasirazuba bwa Republika ya Demokarasi ya Congo.

Share with others

Ubuyobozi bw’umutwe wa ARC/ M23, bwatanze itangazo rigena igihe abaturage baturiye ibice byose bagenzura bakwiye guhagarikiraho imirimo.

N’itangaza ritangira gukora kuri uyu wa Kabiri, tariki 31/10/2023.

Iritangazo kandi rirareba abacuruzi n’abagura igihe bagomba guhagarikiraho akazi ndetse n’ibinyabiziga isaha bigomba guhagarikiraho gukora.

N’itangazo ryashizwe ho umukono n’umuhuza bikorwa wa M23 bwana Benjamin Mbonimpa.

Aho bagize bati: “Akazi gakorwe guhera saa 5:30Am, kugeza isaha 9:00Pm.”

Imoto, igali n’Imodoka bitangire gukora igihe c’isaha 5:30Am, mugihe c’isaha 6:00Pm bihagarike.”

Ib’i binyabiziga nikuraya mabarabara(Imihanda), akurikira byasabwe kubahiriza:

Kalengera-Kibumba,

Kalengela-Tongo,

Kiwanja-Kinyandoni

Burayi-Bunagana.

Ikindi n’uko uyu mutwe wa M23 Kuri uyu wa Mbere, tariki 30/10/2023, bakoresheje i Nama mubaturage baturiye Kitshanga iherereye muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, ba basaba gutuza nogukora ibikorwa byabo byaburi munsi.

Tubibutsa ko aho umutwe wa M23 wigaruriye hose ko hatuje, nk’uko Minembwe Capital News, yabyiganiwe n’abaturiye ibyo bice.

By Bruce Bahanda.

By Bruce

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.