• Sun. May 19th, 2024

Ingabo z’u Burundi zivanze n’iza Republika ya Demokarasi ya Congo zashinze ibirindiro munkengero za Nyangezi.

Share with others

Ingabo za Barundi zomuri Batayo yavanzwe n’Abasirikare ba Republika ya Demokarasi ya Congo maze bahabwa izina rya Task Force bageze mu nkengero za Nyangezi homuri Kivu yamajy’Epfo bashingayo ibirindiro.

Nk’uko Minembwe Capital News, yahawe ayamakuru nuko izi Ngabo za shinze ibirindiro mugace kitwa mu Musho, mubirometre i Cyenda(9) na Sinalac y’ubatseho Barage y’umuriro. Aya makuru yemeza ko kandi izi Ngabo ngo zifite no gushinga ibindi birindiro mugace ka Businga , hejuru mu Marango ya Nyangezi uzagana Ngomo ahari i Kambi y’igisikare ca RDC zomuri Batayo iyobowe na Colonel Simeon.

Bikavugwa ko izi Ngabo za FARDC ziri ahitwa Ngomo zo zizahita zikurwayo maze zize muri Centre ya Nyangezi, nk’uko iy’inkuru twayihawe kuri Minembwe Capital News.

N’amakuru yakomeje avugwa ko TD wa Region, ko kuri ubu ari Kamanyora muri teritware ya Walungu aho ngo ashaka ko ahanaho hashingwa ibindi birindiro bikomeye by’ingabo zirimo Abasirikare ba Barundi n’aba RDC.

Na none kandi hakaba harinzindi Ngabo z’u Burundi zivanze n’iza RDC zamaze kugera mubice bya Minova aho zaba zerekeza muri Kivu yarugu guhangana n’umutwe w’inyeshamba wa M23 urwanya leta ya Kinshasa. Kuba ingabo z’u Burundi zikomeje kwegera Kivu y’Amajyaruguru ngo kwaba ari ugusohoza amasezerano ya Perezida Félix Tshisekedi na Evariste Ndayishimiye w’u Burundi, agamije gufasha ingabo za RDC kurwanya imitwe y’inyeshamba irwanya ubutegetsi bwa Félix Tshisekedi ndetse ngo nokuba bashora intambara kugihugu ca baturanyi ba RDC.

Muntangiriro z’uku kwezi kwa Cyenda havuzwe ko bariya basirikare b’u Burundi bamaze kwambikwa umwambaro umwe n’ingabo za RDC.

By Bruce Bahanda.

Tariki 30/09/2023.

By Bruce

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.