• Sun. May 19th, 2024

Month: March 2024

  • Home
  • Umwe mu bakozi ba LUCHA, yirukanwe muri uwo muryango azira gushigikira M23.

Umwe mu bakozi ba LUCHA, yirukanwe muri uwo muryango azira gushigikira M23.

Umukozi wo mwishirahamwe rya LUCHA, riharanira impinduka muri Repubulika ya demokarasi ya Congo yirukanwe azira gushigikira M23. Ni ubutumwa bukubiye mu itangazo ry’ishirahamwe LUCHA bashize hanze kuri uyu wa Gatandatu,…

Amakuru mashya M23 yafashe ibirindiro bikomeye bya FDLR na Wazalendo, bya Kirumbu, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Amakuru mashya M23 yafashe i Centre ya Kirumbu, yarimo ibirindiro bikomeye bya Wazalendo na FDLR. Ni mu mirwano yaramukiye mu bice byinshi byo muri teritware ya Masisi na Rutsuru, mu…

Kuri uyu wa Gatandatu, imirwano yakomeje, hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa, muri teritware ya Masisi.

Imirwano hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo z’u butegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, yakomeje kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 30/03/2024, mu bice byo muri teritware ya Masisi. Ni…

Ingabo za MONUSCO, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, zirimo kuhava zerekeza mu bihugu byabo.

Ababarirwa muri 277 bo mu ngabo z’u muryango w’Abibumbye( MONUSCO) bavuye mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, berekeza mu bihugu byabo. Ni byatangajwe n’umuvugizi w’Ingabo z’u muryango w’Abibumbye (MONUSCO), Lt Col…

Indege z’intambara zigisirikare cya Israel (IDF), zakoze ibitero bikaze, ku barwanyi b’u mutwe wa Hamas.

Indege z’intambara zigisirikare cya Israel (IDF) zagabye ibitero mu majyepfo y’intara ya Gaza no mu nkambi y’impunzi iherereye mu gace kitwa Al-Maghaz, zica abantu. Ni byatangajwe mu kiganiro ubuyobozi bw’u…

Kuri uyu mugoroba wo ku wa Gatanu, igisasu cyahitanye abarimo na Wazalendo, mu bice byo muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 29/03/2024, igisasu cyahitanye abasirikare ba Repubulika ya demokarasi ya Congo, mu bice byo muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mu Burasirazuba…

Ingabo z’umuryango w’Abibumbye, MONUSCO, zategetswe kuvana Ingabo zayo, mu bice M23 iheruka kubohoza.

Abasirikare ba MONUSCO, bari mu butumwa bwo kubungabunga amahoro n’umutekano muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, bategetswe kuvana Ingabo zabo mu bice byafashwe na M23. Ni byasabwe na leta ya…

Umusirikare ufite ipeti rya Lieutenant, mu ngabo za FARDC, yitandukanije nazo, yiyunga na Twirwaneho, i Gakangala, mu Ntara ya Kivu y’Epfo.

Haravugwa umusirikare wiyonkoye ku ngabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo (FARDC), yiyunga na Twirwaneho, mu bice byo muri Komine ya Minembwe. Ni ahagana isaha z’igitondo cyo kuri uyu wa…

Muri gereza y’i Roma, umushumba mukuru w’idini katolika ku isi, Papa Francis yakoze igikorwa gisa nicyo Yesu yakoze akiri mu Isi.

Umushumba mukuru w’idini katolika ku isi, Papa Francis, yakoze igikorwa gisa nicyo Yesu yakoze, wogeje ibirenge bya bigishwa be, nk’uko tubisoma muri Bibiliya. Ni ku munsi w’ejo hashize tariki ya…

Ibarura ryakozwe ku mpunzi n’abanyamahanga mu gihugu cy’u Burundi ngo riteye impungenge kuri bamwe.

Ibarura ryakorewe Abanyamahanga n’impunzi, mu gihugu cy’u Burundi ngo riteye amakenga Abanyarwanda baba muri icyo gihugu. Ni ibarura rya kozwe kuva tariki ya makumyabiri na zitandatu, rirangira kuri makumyabiri n’umunani…