• Sun. May 19th, 2024

Rwindi

  • Home
  • Umutwe wa M23 wa maganye ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa, rya gabye ibitero biremereye mu baturage, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Umutwe wa M23 wa maganye ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa, rya gabye ibitero biremereye mu baturage, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Ubuyobozi bw’u mutwe wa M23 bwa maganye ibitero byagabwe ku baturage b’abasivile kuri uyu wa Gatanu, ba bigabweho n’ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa. Ni bitero by’ibasiriye ibirindiro bya M23…

Ingabo za leta ya perezida Félix Tshisekedi Tshilombo, zongeye gukizwa n’amaguru mu rugamba rubyukiye mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Intambara ikomeye yongeye kubura kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 26/04/2024 hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa. Ni imirwano iri kubera mu bice byo muri teritware ya…

Mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo cyishe kirashe abamotari bari baherekeje umurambo.

Abamotari bane bishwe n’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, muri teritware ya Rutshuru, mu Ntara ya Kivu Yaruguru. Ni ahagana isaha z’u mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu tariki…

Ingabo z’umuryango w’Abibumbye, MONUSCO, zategetswe kuvana Ingabo zayo, mu bice M23 iheruka kubohoza.

Abasirikare ba MONUSCO, bari mu butumwa bwo kubungabunga amahoro n’umutekano muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, bategetswe kuvana Ingabo zabo mu bice byafashwe na M23. Ni byasabwe na leta ya…

Amakuru Mashya, muri RDC, abarimo n’abakuru b’Ingabo z’icyo gihugu bashizwe kurutonde rwa bagiye guhanishwa igihano cy’urupfu.

Amakuru mashya avugwa muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, n’uko General Chicko Tshitambwe yashizwe ku rutonde rwa bagiye guhanishwa igihano cy’urupfu, kubera intarambara ibera mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi…

M23 ikomeje kwerekana ubushobozi bwayo, nyuma y’uko ifashe Rwindi, yari ibirindiro n’icyumbi rya FDLR bikomeye.

Mu mirwano yabaye kuri uy’u wa Gatanu, tariki ya 08/03/2024, isakiranije M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana k’u ruhande rwa leta ya Kinshasa, umutwe wa M23 wafashe agace ka Rwindi, n’ibindi bice.…