• Sun. May 19th, 2024

Ku k’ibuga cy’umupira w’amaguru cya Gisombe, mu Bibogobogo, ahari amarushanwa, ikipe y’Abanyamulenge nayo yatsinze.

Share with others

Ikipe y’Abanyamulenge nayo yatsinze mu gikombe kirimo gukinirwa ku k’ibuga cy’umupira w’amaguru ahitwa Gisombe, ho muri Bibogobogo, muri teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Ni ahagana isaha ya saa munani zoku gicamunsi cyokuri kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 26/01/2024, Abakinyi bimpande zose basesekaye ku k’ibuga cy’umupira w’amaguru cya Gisombe.

Ikipe za kinye harimo zibiri z’Abanyamulenge, zaje ziva mu muhana wa Bibogobogo, n’izindi zibiri zabo m’ubwoko bw’Abapfulero, zaje ziva mu muhana wa Gisombe.

Mur’izi z’Abanyamulenge imwe yatsinze indi irahebura k’urundi ruhande iz’Abapfulero nazo n’uko imwe yahebuye indi iratsinda.

Bikaba biteganijwe ko final izakinwa ku Cyumweru, tariki ya 28/01/2024.

Umukino wa none bya vuzwe ko wari witabiriwe n’abaturage benshi ba moko yose harimo ko n’abashinzwe umutekano bari bakubise buzuye ku k’ibuga cy’umupira w’amaguru cya Gisombe.

Bruce Bahanda.

By Bruce

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.