• Sun. May 19th, 2024

U Rwanda rugiye kuza rwa kira igikombe cy’Afrika, mu mupira w’amaguru.

Share with others

U Rwanda rugiye kuzaza rwa kira igikombe cy’Afrika, mu mupira w’Amaguru.

Ni byatangajwe na minisiteri ya Siporo mu Rwanda, aho yemeje ko stade Amahoro igeze ku kigero cya 93% yo kuyubaka.

Gusa, iyi stade Amahoro ikaba isaba kugira izindi ziyunganira, ni muri urwo rwego rero minisiteri ya Siporo mu Rwanda yashizeho gahunda nshya yo kubaka izindi sitade.

Iyi minisiteri ya Siporo ikaba yatangaje ko hagiye kubakwa sitade zigera muri 6 nshya.

Aya masitade ngo akazageza mu mwaka w’ 230 yaramaze kuzura yose. Murizo sitade harimo iya Kigali Pele stadium, igiye kubakwa bundi bushya igashirwa ku rwego rwo kwakira igikombe cy’Afrika, harimo kandi indi iri i Musanze, Gicumbi, Nyagatare, Rubavu na Muhanga.

Tubikesha: Igihe.

          MCN.

By Bruce

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.