Amakuru tumaze kwakira kuri Minembwe Capital News, yizewe twahawe numwe utashatse kw’izina rye rimenyekana, yatubwiye ko aharejo tariki 07.02.2023, igisirikare ca Leta y’Ikinshasa, cakuye ibitwaro muri Goma, imbunda ziremereye kizijana muri Sud Kivu, mugace ka Kavumu ho muri Bukavu, kumurwa mukuru wa Kivu yamajyepho.
Yakomeje avuga ko, hari ONG, yateguwe na leta iri kubuka aho ibyo bikoresho bizaza bibikwa mugace ka Kavumu, aha akabari naho hari kibuga c’Indege gikuru comuri Kivu yamajyepho, “Subwambere imbunda zihungishwa ziva Goma zikajanwa iBukavu, igihe cose intambara zibica bigacika muntara ya Kivu yamajyaruguru, ingabo za leta y’Ikinshasa zikunze guhungisha imbunda zikajanwa iBukavu” nkuko yabitubwiye.
Andi makuru ava muri Kivu yamajyepho, mugace Ka Mikenke muri Territory ya Itombwe, nay’ubushamirane bugize igihe burihagati yabacuruzi ba b’Apfurero na b’Anyamulenge, nimugihe har’Inka zababacuruzi bab’Apfurero ziheruka kunyagigwa ahitwa Muduhoko hafi numuhana wa Rugabano, iz’Inka zarizerekejwe iLurenge muri Territory ya Fizi, ziza kunyagwa nabantu batamenyekanye.
Abapfurero, babishinja ab’Anyamulenge ibyo Abanyamulenge bakomeje guhakana , bavugako bo kunyaga inka ataribyabo ahubwo bikaba bizwi ko Maimai Bishambuke (Yab’Apfurero), ishinjwa kunyaga Inka zirenga ibihumbi magana abiri by’Abanyamulenge mumyaka irindwi(7) nkuko tubikesha abaturage baturiye akarere k’Imisozi miremire y’Imulenge.
Mugihe abo b’Acuruzi bab’Apfurero bicarana na b’Anyamulenge, murwego rwokugira bahoshe uwomwuka mubi urihagati yabo, Abapfurero bategeka ko bagomba kugarurirwa iz’Onka bitaba ibyo bakagarurirwa amafaranga ahwanye nayo baguze iz’Onka doré ko bivugwa ko nubundi iz’Onka bari baziguze na b’Anyamulenge.
Kugeza ubu ico kibazo ntikiratorerwa umuti, nkuko Minembwe Capital News, ikomeje kubihabwa.
Bishambuke yanyaze Inka zirenga ibihumbi magana ane (400,000) nawe ngo 200,000?
Turikumwe 100%
Hello
Hello bro