Bidasanzwe mu Minembwe, aba Chefs bakoranye amasengesho na b’Apasteurs ndetse na b’Amamaans bagize amatorero atandukanye yo muri Minembwe, ayo masengesho nayogusabira Igihugu.
Amasengesho bayakoreye mumudugudu wa Nyarujoka, ho Kukiziba.
Ayamasengesho akaba ayogusabira intambara zimaze imyaka irindwi irenga zidahwema gusenyera Abanyamulenge ndetse n’Imihana itabarika imaze gusenyuka, Inka hamaze kunyagwa lbihumbi birenga magana abiri, naho Impunzi z’Abanyalulenge zibarigwa mubihumbi amagana, bamaze guta izabo bamwe bahungiye Uganda, Rwanda, Kenya, Tanzanie, Ethiopie ndetse na America nahandi.
Murubwo buryo aba Chefs, aba Mamans na b’Apasteurs babonye ntahandi botakira binjira munzu y’Imana barimo gutakira Imana ngo ikize Igihugu.
Uwatanze ayamakuru yavuze ko muri Minembwe, habyukiye igihu c’inshi kirimo akavura naho kuby’umutekano baracafite agahenge kamahoro, akabarinabyo byatumye abatware babona uburyo baja imbere y’Imana.
Muze kubudusangiza abatahabaye?
Gusa ndishimye ko batakiye rurema niwe tugomba gutura ibituremereye
Gusa bakoze nkuko byanditswe muri Bible abisarayeli iyo basumirwa nabanzi umwami nabantu bose baraterana bakibutsa imana amasezerano bagiranye igaherako ikababarira
Natwe Dushimiy’IMANA Y’Imurenge yemeye gutanga agahenge mukarere kacu,dushimira nicocemezo ciza Abaturage bo Mubwoko bwacu bafashe ,Naho Ntahandi (Ntayindi nzira) dusanzwe dutabarirwamo,Tuyikomeze