• Thu. May 16th, 2024

Indege y’igisikare ca FARDC yaritwaye i imirambo y’abasirikare b’u Burundi, yakoreye Impanuka ku kibuga c’indege ca Bujumbura.

Share with others

Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 24 /11/23, ku kibuga c’indege ca Bujumbura habereye impanuka idasanzwe.

Byavuzwe ko indege yakoze impanuka ariy’igisirikare ca Republika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) yaritwaye i imirambo n’inkomere by’basirikare b’u Burundi, bakomerekeye k’urugamba mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Ubwo iriya ndege y’ituraga ku kibuga cy’indege Mpuzamahanga cyitiriwe Merchior Ndadaye n’ibwo habaye iriya mpanuka bivugwa ko itarisanzwe.

Nk’uko byavuzwe iriya ndege yahoraga yitura ku kibuga c’indege cya Gisirikare nacyo giherereye i Bujumbura ariko ubwo iriya ndege yarigeze mu kirere yahise iyobera ku kibuga c’indege cyitiriwe Merchior Ndadaye maze iza gukora Impanuka yitse hasi aho umwotsi wahise uzamuka mu kirere. Gusa ntabantu baguye muriyo mpanuka usibye u mwotsi wazamutse mukirere.

Isoko yacu dukesha iy’inkuru ivuga ko iriya ndege yaritwaye u murambo umwe w’u musirikare w’u Burundi ufite ipeti rya Major n’inkomere zitandatu (6).

Bibaye mugihe u mutwe wa M23 wari umaze iminsi ushinja leta ya Bujumbura gufasha igisirikare cya RDC muntambara imaze iminsi ibera muribiriya bice byo mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Bruce Bahanda.

By Bruce

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.