• Sun. May 19th, 2024

Abasirikare batatu mubari bashinzwe kurinda umukuru w’igihugu ca RDC, byamenyekanye ko bapfuye.

Share with others

Abasirikare batatu bo mungabo za RDC mubari bashinzwe kurinda umukuru w’igihugu bapfuye. Aba basirika ni Sergent Major Kashama, warimukigero cy’imyaka 33, Isangi Jean wimyaka 50 ndetse na Caporal Lokange w’inyaka 38.

Nkuko byavuzwe nuko aba basirikare bakoreraga muri Regimenti ya 17 irasa imbunda za rutura kandi ikanaba ishinzwe kurinda umukuru w’igihugu bapfuye baguye mu mafunzo yagisirikare.

Amakuru yizewe Minembwe Capital News,imaze kwakira nuko aba basirikare bapfuye tariki 24/08/2023, bakaba barapfuye ubwo bari mu mafunzo yokurasa imbunda za rutura ikindi nuko barikumwe nabo mwi Batayo yabashizwe gutabara aho rukomeye.

Kuruyu wa Gatatu tariki 30/08, nibwo i Kinshasa bakoze umuhango wo kubunamira numuhango wanitabiriwe n’umukuru w’igihugu bwana Félix Tshisekedi.

Muruhame rw’abayobozi bakuru mubyagisirikare n’abandi bategetsi batandukanye perezida Félix Tshisekedi, yafashi jambo aheza pole imiryango yabuze ababo maze nyuma y’ijambo ry’umukuru w’igihugu bahise baja gushingurwa kw’irimbi bita “Nouveau Paradis.”

Ikindi nuko Perezida Félix Tshisekedi yahise ategura gahunda itarizwi nabose ahita aja gusura inkomeri zirwariye mubitaro byahitwa CampusTshatshi kugirango arebe uko bitabwaho ndetse nuko barikuvurwa.

Nyuma yaho Kandi Tshisekedi yagiye gusura umwana w’imyaka umunani (8) wavanwe ahitwa Boende n’umwana bivugwa ko yarwaye andwara kugeza ubu itarabasha kumenyekana.

Mu makuru yakomeje kwandikwa n’ibinyamakuru bya RDC bivuga ko uwo mwana yahinduriwe isura bivuye kurubwo bugwayi kugeza ubu butaramenyekana.

By Bruce Bahanda.

Tariki 30.08.2023.

By Bruce

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.