• Sun. May 19th, 2024

Monusco

  • Home
  • Ingabo z’u muryango w’Abibumbye(Monusco), zongeye gushinjwa guta ibirindiro byabo mu bice byo mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Ingabo z’u muryango w’Abibumbye(Monusco), zongeye gushinjwa guta ibirindiro byabo mu bice byo mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Ingabo z’u muryango w’Abibumbye, MONUSCO, zirashinjwa gusiga ibirindiro byabo biri i Kihondo ho muri teritware ya Rutshuru. Ni ahagana isaha z’igitondo cyo ku wa Mbere, itariki ya 25/03/2024, ingabo z’u…

Imirwano ikaze yongeye kubura mu nkengero z’u Mujyi wa Goma, uzwi nk’umurwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Imirwano yongeye kubura mu nkengero z’u Mujyi wa Goma, uzwi nk’umurwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Ni mu gihe urugamba rukaze ruri kubera mu bice byo muri Grupema ya…

Abagera kuri barindwi, bo mu ngabo zo mu muryango w’Abibumbye, MONUSCO, bakomerekeye mu bitero byabaye i Sake, muri teritware ya Masisi.

Abasirikare ba MONUSCO bakomerekejwe n’ibisasu byatewe i Sake, muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyarugu. Ni mu gitero gikaze ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Guverinoma ya Kinshasa, bagabye muri…

Ingabo z’umuryango w’Abibumbye, MONUSCO, ntizivuga rumwe n’ubutegetsi bwa Kinshasa ku ifatwa rya Rwindi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Monusco irahakana ibirego ishinjwa byo kutagira icyo ikoze ku ifatwa rya gace ka Rwindi. Agace ka Rwindi ko muri teritware ya Rutsuru, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, kafashwe n’ingabo za…

Ingabo za MONUSCO zasabwe gutanga indishyi kubana babyaranye n’Abanyekongo, mbere y’uko aba basirikare bavanwa muri RDC.

Ingabo z’u muryango w’Abibumbye, MONUSCO, zasabwe gutanga indishyi kubana babyaranye n’Abanyekongo mbere y’uko bava muri Congo. Ni byasabwe n’umwe mu bachef bo mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, nk’uko amakuru ava…

Mugihe M23 iharanira amahoro n’umutekano Monusco yo n’ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa leta bakomeje ku wudobya.

Abasirikare bo mu mutwe wa M23 bongeye gukora umuganda rusange, hamwe n’abaturage bo mu bice bimaze kwigarurirwa n’uwo mutwe, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Ni bikubiye mu nyandiko umuvugizi wa…

Ingabo za MONUSCO zari Kamanyola, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, zahavanwe.

Ingabo z’u muryango w’Abibumbye, MONUSCO, zavanwe Kamanyola, ikambi zari zirimo ihabwa ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo. Umuhango wo kuvana Ingabo z’u muryango w’Abibumbye, muri Kamanyola, ho muri teritware…

U Rwanda ruvuga ko kuba SADC na Monusco bikorana na FDLR ari ikibazo.

U Rwanda rwatangaje ko biteye ikibazo kuba ingabo za SADC na Monusco bikorana na FDLR. Ni byatangajwe n’umuvugizi w’u Rwanda w’ungirije Alain Mukuralinda, ubwo yagiranaga ikiganiro na Bwiza TV. Kuba…

Ingabo z’u muryango w’Abibumbye, MONUSCO, ntibacana uwaka na Wazalendo, i Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Imodoka ya gisirikare y’ingabo z’u muryango w’Abibumbye, MONUSCO, yahagaritswe na Wazalendo mu bice byo muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya…

Monusco irashinjwa gushirisha Wazalendo mu kaga mu bice byo muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Wazalendo barashinja ingabo z’u muryango w’Abibumbye, MONUSCO, zo mu mutwe wa Springbok guta ibirindiro byabo biherereye Murambi, bikaza kwigarurirwa na M23. Aba barwanyi ba Wazalendo bavuga ko ingabo za MONUSCO…