• Sun. May 19th, 2024

Evariste Ndayishimiye

  • Home
  • Abarundi ba buriwe kutarangazwa na majambo ya perezida Evariste Ndayishimiye.

Abarundi ba buriwe kutarangazwa na majambo ya perezida Evariste Ndayishimiye.

Charles Mukasi wo mu i Shyaka rya UPRONA, akaba yari geze kuyobora iryo Shyaka, yavuze ko kuba leta ya Evariste Ndayishimiye ikomeza gushinja u Rwanda gufasha inyeshamba za Red Tabara,…

Minisitiri w’intebe w’u Burundi, Lt Gen. Gervais Ndirakobuca yavuze ku barwanyi ba Red Tabara, aza kunyuranya nibyo perezida w’icyo gihugu agize igihe avuga kuri uwo mutwe.

Minisitiri w’intebe w’u Burundi Lt Gen. Gervais Ndirakobuca, yavuze ku mutwe wa Red Tabara urwanya ubutegetsi bw’u Burundi atangaza ibinyuranye nibyo Perezida Evariste Ndayishimiye agize igihe ashinja uwo mutwe gutera…

Hatuhuwe ibindi byimbitse ku mugambi muremure wa Perezida Evariste Ndayishimiye na Tshisekedi wa RDC , wo gusiga u Rwanda icyaha.

Imbonerakure zirenda kw’itwa Red Tabara. Ni byatangajwe na Radio La voix du Grand Lacs, aho yatangaje ko ubutegetsi bw’i Gihugu cy’u Burundi ko burimo gutegura bukoresheje amayeri yogufata urubyiruko rw’ibumbiye…

Perezida Cyirl Ramaphosa na Evariste Ndayishimiye bemezanije gushigikira bundi bushya igisirikare cya Congo(RDC).

I gihugu cy’u Burundi na Afrika y’Epfo byemezanije gushigikira bundi bushya RDC mu kugarukana amahoro mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo. N’i byo perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye,…

Uruzinduko, umukuru w’igihugu cy’u Burundi Evariste Ndayishimiye, yagiriye i Kinshasa, ibirurimo bimwe bya menyekanye.

Umukuru w’igihugu cy’u Burundi yaraye ageze i Kinshasa k’umurwa mukuru w’i Gihugu cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Ni ahagana isaha z’umugoroba zokuri uy’u wa Kabiri, tariki ya 13/02/2024, n’ibwo…

Urubanza rukomeye ngo rutegereje perezida w’u Burundi n’ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo.

Ishirahamwe rya Cefor-Arusha ritavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Burundi, rivuga ko perezida Evariste Ndayishimiye ko azakurikiranwa ku byaha byo mu ntambara ingabo z’i gihugu cye, zikomeje gukorera mu Burasirazuba bwa RDC.…

Umukuru w’igihugu cy’u Burundi, yongeye kw’i basira ubutegetsi bwa perezida Paul Kagame.

Umukuru w’igihugu cy’u Burundi, Evariste Ndayishimiye yongeye kwibasira i Gihugu cy’u Rwanda, arushinja kuba rutera inkunga imitwe y’iterabwoba. Ibi Perezida Evariste Ndayishimiye yabivuze ubwo yakiraga k’u wa Gatanu, w’i Cyumweru…

Umukuru w’igihugu c’u Burundi, yi yemeje gufasha Abanyarwanda kuvanaho ubutegetsi yise ko ari “bubi.”

Umukuru w’Igihugu c’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yiyemeje gufasha Abanyarwanda kuvanaho ubutegetsi yise ko ari “bubi.” Ni mu kiganiro Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye yakoranye n’urubyiruko rw’Abanyekongo , kuri iki Cyumweru…

Umukuru w’igihugu c’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yanenzwe n’abanditsi mubyo avuga nibyo akora.

Ibi biri mu busesenguzi twa kuye k’urubuga rwa Vive M23. Uru rubuga rwa byanditse ru koresheje ururimi rw’igifaransa.Twagerageje ku bishira m’ururimi rw’ikinyamulenge. Mu nyandiko ruriya rubuga, rwashize hanze kuri uyu…

Bwa mbere, umukuru w’igihugu c’u Burundi, yashinje umutwe wa Red Tabara, gufashwa n’u Rwanda.

Perezida w’igihugu c’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, kuri uyu wa Gatanu, tariki 29/12/2023, yashinje leta ya Kigali, gufasha u mutwe wa Red Tabara. Ni mu kiganiro yahaye itangaza Makuru ubwo yari…