• Sun. May 19th, 2024

PRESIDENT FELIX TSHISEKEDI, ARI CAP TOWN, MUNAMA Y’UBUCUKUZI BWAMABUYE YAGACIRO YONGEYE KWIKOMA URWANDA.

ByBruce

Feb 7, 2023
Share with others

Président Tshisekedi, ari Pretoria muri South Afrika, yongeye kw’ikoma Igihugu c’Urwanda.

Ubwo bari i Cap Town, munama mpuzamahanga, yigaga kuby’ubucukuzi yamabuye yagaciro, none tariki 07.02.2023, Président Tchisekedi, yongeye gushinja uRwanda ko rwiba igihugu ce, yavuze ati: “Igihe cose ingabo z’Urwanda zambutse muri Congo, biva kwirari bagirira ubutunzi bw’igihugu cacu, maze arangiza yamagana iki gihugu c’igituranyi ce.”

Muminsi ishize Président Paul Kagame, yamaganye invugo nyandagazi zikoreshwa nabategetsi ba Congo, avuga ko uRwanda rudatunzwe na Congo yagize ati : “Igihugu cacu kirihagije.”

Ibi bibaye mugihe inama Nkuru ishinzwe kugenzura Itangazamakuru muri RDC (CSAC), yafunze mu gihe cy’iminsi 90 ibinyamakuru by’amajwi n’amashusho byo mu Rwanda, kuri dekoderi za CanalSat. Ni mu gihe umwuka hagati y’ibi bihugu ukomeje kuba mubi.

By Bruce

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.