Président Tshisekedi, ari Pretoria muri South Afrika, yongeye kw’ikoma Igihugu c’Urwanda.
Ubwo bari i Cap Town, munama mpuzamahanga, yigaga kuby’ubucukuzi yamabuye yagaciro, none tariki 07.02.2023, Président Tchisekedi, yongeye gushinja uRwanda ko rwiba igihugu ce, yavuze ati: “Igihe cose ingabo z’Urwanda zambutse muri Congo, biva kwirari bagirira ubutunzi bw’igihugu cacu, maze arangiza yamagana iki gihugu c’igituranyi ce.”
Muminsi ishize Président Paul Kagame, yamaganye invugo nyandagazi zikoreshwa nabategetsi ba Congo, avuga ko uRwanda rudatunzwe na Congo yagize ati : “Igihugu cacu kirihagije.”
Ibi bibaye mugihe inama Nkuru ishinzwe kugenzura Itangazamakuru muri RDC (CSAC), yafunze mu gihe cy’iminsi 90 ibinyamakuru by’amajwi n’amashusho byo mu Rwanda, kuri dekoderi za CanalSat. Ni mu gihe umwuka hagati y’ibi bihugu ukomeje kuba mubi.