• Sat. May 18th, 2024

ME ALLY KABENGERA, UVUGIRA AB’ATUTSI MURI KIVU YARUGURU, YAGARAGAJE KO TWIRWANEHO NA M23, ARIHO AB’ATUTSI BOMURI CONGO, BATEGEREJE UBUKIRIRO HONYINE GUSA.

ByBruce

Feb 12, 2023
Share with others

Ally Kabengera, usanzwe ari umunyamategeko, akaba anahagarariye ab’Atutsi muri Kivu yamajyaruguru, kuruyu wagatandatu 11.02.2023, yavuze ko M23 na Twirwaneho ari yo makiriro yab’Atutsi muri Congo.

Me Kabengera, ukunze kugaragaza ibitekerezo bye mukwandika akoresheje Twitter ye, kuruyu wagatandatu uheze yongeye kwandika kurukuta rwe rwa Twitter, abwira abamukurikira ko: “M23 n’a Twirwaneho ariho ab’Atutsi bategeye agakiza kabo” nimugihe ab’Atutsi muri Eastern ya Drc, bafite ububabare bw’inshi bwibibi bakunze gukorerwa nandi moko yo muri Congo, n’a leta y’Ikinshasa ikabibafashamo.

Me Ally Kabengera, yagize ati : “Ab’Atutsi muri Congo bagize igihe bakorerwa iyicarobozo, leta y’Ikinshasa irebera, ab’Atutsi baricwa barafungwa ndetse n’Inka zabo Zikanyagwa.” Ibi bikunze kugarara muri Masisi no Mumisozi miremire y’Imulenge.

Sibwo bwambere Me Kabengera, yanditse k’Ubatutsi, agaragaza ko “Leta ya Congo, igaragaza ko y’irengagiza ukuri kuco M23 irwanira bityo igasa n’ivunira ibiti mumatwi, ati ibi bimwereka ko M23 n’a Twirwaneho, ariho honyine ab’Atutsi bategereje ubukiriro.”

Twirwaneho, naba Sivile b’Irwanaho mumisozi miremire y’Imulenge homuri South Kivu, nimugihe Maïmaï Bishambuke, iza kwica abaturage bomubwoko bw’Abatutsi (Banyamulenge), muri Territory ya Fizi, Itombwe na Uvira, naho M23 irwanira muri Kivu yamajyaruguru.

Kabengera, afite numutwe wa Politique, witwa “Dynamique Pour un Congo Nouveau” ushinzwe kuvugira Ubwoko bw’Abatutsi, aheruka no gutangaza ko M23 arumutwe ugizwe nabanye-Congo bambuwe ibyabo, bakarwanira kubutaka bwabo ariko bambuwe n’a leta y’Ikinshasa, ati bityo aba barwanya bava Kure nka Kinshasa ati ntibishoboka ko M23 yatsindwa ngo kuko barwanira aho bazi.

By Bruce

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.