Gen André Oketi Ohenzo, kumutekano amaze kugarura mumisozi miremire y’Imulenge, muminsi mike ahamaze byatumye abaturage batangira gutaha muri Ruhemba na Rudabagiza.
Mumakuru twahawe kuri Minembwe Capital News, nuko uyumunsi tariki 15.02.2023, ingo icumi(10), zamaze gusubira mubyabo mumuhana wa Ruhemba ndetse na Rudabagiza.
Ibi bikaba byabaye Mumasaha yakare yokuruyu wa gatatu, nyuma yuko Gen André Oketi Ohenzo, uheruka kugera kubutaka bwa Minembwe kuyobora 12ème brigade ya Fardc, ikorera Muminembwe. Ohenzo amaze kuhagera yabwiye Abaturage ba Minembwe gutekana bakagira amahoro abasezeranya ko azabaha amahoro ndetse ko azatoza ningabo ze gukorera Abaturage ba Minembwe.
Mugihe bimeze gutyo muri Minembwe, Uvira ho suko kuko amakuru agera kuri Minembwe Capital News, avuga ko Comanda Secteur wa Uvira bwana General Ramazani Fundi, yahamagaje Maimai ya ya William Yakutumba kuza kwitegura kurwanya ico bita Tutsi Congolais.
Nkuko twahawe aya makuru nuko Général Ramazani yabashaka ko Maimai yerekeza muri North Kivu kurwanya M23, ubushize kandi Uwiyita General Yakutumba yakomeje kuvuga kumbuga nkoranya mbaga ko ashaka ko leta y’Ikinshasa imuhangura ikamuha ninzira akaja guhangana na M23 muri Masisi n’a Rutshuru.
Uwatanze ayamakuru yavuze ko izo Maimai ko zatangiye kwiyegeranya kugira zitabire ubwo butumire bwa Gen Fundi.
Andre nakomerezaho nakurikizeho abanyamibunda