I Kanyarucinya ahacumbikiwe Impunzi zavuye mubice birimo imirwano muri Kivu yamajyaruguru muri Republika iharanira democrasi ya Congo, bazindukiye mumyigaragambyo uyumunsi kuwambere kuminsi itandatu ukwezi kwa gatatu uyumwaka wa 2023.
Ni mugitondo canone nakazirimwe(Manday), Impunzi zicumbikiwe i Kanyarucinya zakoze imyigaragambyo zamagana uburyo badahabwa ibidyo , nibicuruzwa byingenzi kuribo birimo imyenda nkuko babyivugiraga igihe bigaragambya ga.
Mugihe bigaragambya ga basabaga leta ya Republika iharanira democrasi ya Congo na Mahanga kubashakira ibyo barya ndetse no kubashakira umutekano mwiza muturere bagiye bavamo kugira basubireyo.
Izimpunzi zahunze intambara imaze igihe ibera muburasirazuba bwa Republika iharanira democrasi ya Congo, muri Territory ya Nyiragongo, Masisi ndetse na Rutshuru.
Iyintambara ihanganishije ingabo za M23 nabasirikare ba Republika iharanira democrasi ya Congo (FARDC) aho bafatanije na Bacancuro, FDLR na Maimai Nyatura.
Ibihugu bigize umuryango wa East Africa Community (EAC), bigize igihe byicarira iki kibazo ariko gutora umuti biracari ingora bahizi, bahuriye i Luanda, Nairobi ni Bujumbura.