• Sat. May 18th, 2024

Impunzi Zicumbikiwe I Kanyarucinya Zakoze Imyigaragambyo Zinubira Ko Leta Itabaha Ibiribwa.

ByBruce

Mar 6, 2023
Share with others

I Kanyarucinya ahacumbikiwe Impunzi zavuye mubice birimo imirwano muri Kivu yamajyaruguru muri Republika iharanira democrasi ya Congo, bazindukiye mumyigaragambyo uyumunsi kuwambere kuminsi itandatu ukwezi kwa gatatu uyumwaka wa 2023.

Ni mugitondo canone nakazirimwe(Manday), Impunzi zicumbikiwe i Kanyarucinya zakoze imyigaragambyo zamagana uburyo badahabwa ibidyo , nibicuruzwa byingenzi kuribo birimo imyenda nkuko babyivugiraga igihe bigaragambya ga.

Mugihe bigaragambya ga basabaga leta ya Republika iharanira democrasi ya Congo na Mahanga kubashakira ibyo barya ndetse no kubashakira umutekano mwiza muturere bagiye bavamo kugira basubireyo.

Izimpunzi zahunze intambara imaze igihe ibera muburasirazuba bwa Republika iharanira democrasi ya Congo, muri Territory ya Nyiragongo, Masisi ndetse na Rutshuru.

Iyintambara ihanganishije ingabo za M23 nabasirikare ba Republika iharanira democrasi ya Congo (FARDC) aho bafatanije na Bacancuro, FDLR na Maimai Nyatura.

Ibihugu bigize umuryango wa East Africa Community (EAC), bigize igihe byicarira iki kibazo ariko gutora umuti biracari ingora bahizi, bahuriye i Luanda, Nairobi ni Bujumbura.

By Bruce

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.