• Sun. May 19th, 2024

Abaturage ba Nyange Bibwe, batwitse i Kambi ya Wazalendo iherereye muribi bice byo muri teritware ya Masisi.

Share with others

Abaturage bo mugace ka Nyange Bibwe, bi basiriye i Kambi ya Wazalendo bayiha inkongi y’umuriro muribi bice byo muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Nk’uko iyi nkuru twamaze kuyihabwa na bamwe mubaturage baturiye ibyo bice bavuze ko aba baturage batwitse iriya Kambi ya Wazalendo murwego rwo kw’ihorera nimugihe aba Wazalendo kuri uyu wa Kabiri tariki 26/09/2023, bishe umwe mu baturage wo muribyo bice tumaze kuvuga haruguru bamwica bamuziza Umusoro.

Umuturage yabwiye Minembwe Capital News, ati: “Uwo Muturage ya zize kudatanga umusoro bita ‘Lala Salama’ ni Umusoro ubafasha kurara neza.”

Aharero niho abaturage bahise bigomeke bazinduka kare mugitondo co kuri uyu wa Gatatu kuriyo Kambi ya Wazalendo bafite n’u Murambo w’u w’ishwe azira kudatanga umusoro bita ‘Lala Salama.”

Ati: “Habaye muriki Gitondo abaturage benshi ba Nyange Bibwe, bazindutse bakora igisa n’imigumuko bari bafite n’u Murambo w’u w’ishwe bageze hafi niyi Kambi ya Wazalendo barawubika bafat imihoro n’ibiti biriho umuriro maze batwika iyo Kambi.”

By Bruce Bahanda.

Tariki 27/09/2023.

By Bruce

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

One thought on “Abaturage ba Nyange Bibwe, batwitse i Kambi ya Wazalendo iherereye muribi bice byo muri teritware ya Masisi.”
  1. I’m amazed, I have to admit. Seldom do I encounter a blog that’s both equally educative and interesting, and let me tell you, you have hit the nail on the head. The problem is something not enough men and women are speaking intelligently about. I am very happy that I found this during my search for something regarding this.

Comments are closed.