• Sun. May 19th, 2024

Imirwano

  • Home
  • Imirwano ikaze yongeye kubura mu nkengero z’u Mujyi wa Goma, uzwi nk’umurwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Imirwano ikaze yongeye kubura mu nkengero z’u Mujyi wa Goma, uzwi nk’umurwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Imirwano yongeye kubura mu nkengero z’u Mujyi wa Goma, uzwi nk’umurwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Ni mu gihe urugamba rukaze ruri kubera mu bice byo muri Grupema ya…

Umuvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka yagize icyavuga ku ntambara ikomeye, izindutse ibera mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Umuvugizi w’u mutwe wa M23 yagize icyavuga ku bitero bira mukiye muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu Yaruguru. Ni imirwano irimo guhuza M23 n’ingabo za Repubulika ya demokarasi…

Imirwano yavuzwe mu misozi ya Uvira, birakekwa ko ari Red Tabara yakozanijeho n’ingabo z’u Burundi zo muri TAFOC.

Birakekwa ko Red Tabara ari yo yakozanijeho n’ingabo z’u Burundi mu bice byo mu kibaya cya Rusizi. Ni kumunsi w’ejo hashize k’u wa Gatatu, tariki ya 20/03/2024, humvikanye urusaku rw’imbunda…

I Masisi, haravugwa urugamba rukomeye hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Imirwano hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa yakomeje kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 20/03/2024. Ni imirwano irimo kubera mu gace ka Bihambwe, muri teritware ya Masisi,…

Kuri uyu wa Mbere, muri teritware ya Masisi, hongeye kubura imirwano ikaze, hagati y’ihuriro ry’ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa na M23.

Imirwano yongeye kubura kuri uyu wa Mbere, tariki ya 18/03/2024, hagati y’ihuriro ry’ingabo za Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo na M23. Ni intambara yatangiye igihe cy’isaha ya saa…

Imirwano hagati ya M23 n’ihuriro ry’ingabo z’ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, yongeye gufata indi ntera.

Imirwano iremereye yongeye kubura kuri uyu wa Mbere, hagati ya M23 n’igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, yatumye abaturage benshi bongera guhunga mu bice bya teritware ya Masisi na…

Imirwano yo kuri uyu wa Mbere, ihuza M23 n’ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa RDC, yongeye k’umvikana mubice byinshi harimo no muri Centre ya Sake.

Imirwano yongeye kuvugwa mu bice byinshi muri teritware ya Masisi na Nyiragongo, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. N’ibyatangajwe n’u muvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka aho amaze gushira…

Mu mirwano ikomeye irimo kubera hafi ya Centre ya Sake, M23 yigaruriye ibirindiro bikomeye by’ihuriro ry’ingabo za leta ya Kinshasa.

Imirwaro yongeye gukomera mu nkengero za Centre ya Sake, iherereye ku ntera y’ibirometre 27 mu Burengerazuba bw’u Mujyi wa Goma, uzwi nk’u murwa mukuru w’i Ntara ya Kivu Yaruguru. Iy’imirwano…

Hafi na Sake haramukiye imirwano mugihe FARDC yongeye kubona ubuyobozi bushya

Imirwarno izindutse ibera mu gace ka Rushogo, ha herereye mu nkengero z’u Mujyi wa Sake, muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. N’imirwano ikomeje guhuza M23 n’ihuriro ry’Ingabo…

Imirwano yabaye ejo hashize yongeye gutuma abaturage bahunga ku bwinshi muri teritware ya Masisi.

Imirwano yabaye ejo ku Cyumweru, tariki ya 21/01/2024, yongeye gusiga abaturage benshi bahunze ibice bya Karuba no mu nkengero zaho, muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mu…