• Sun. May 19th, 2024

Goma

  • Home
  • Televisiyo za Guverineri w’i Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, zafunzwe.

Televisiyo za Guverineri w’i Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, zafunzwe.

Televiziyo za Guverineri w’i Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo zafunzwe. Ni televiziyo ya Guverineri Théo Ngwabidje, yakoreraga mu mujyi wa Goma yafunzwe kuri uyu wa Gatanu tariki ya 12/04/2024, nk’uko bikomeje…

Mu mujyi wa Goma, hateguwe imyigaragambyo idasanzwe yo kweguza ubuyobozi bw’i Ntara.

I Goma ku murwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, hateguwe imyigaragambyo yo gusaba ubuyobozi bw’i Ntara kwegura, nyuma y’uko ubwicanyi bukorerwa abasivile bwongye gufata indi ntera muri iyi minsi.…

Mu Mujyi wa Goma, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, hagaragaye abantu bitwaje imbunda batazwi.

I Goma ku murwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, umutekano waho ukomeje kuzamba. Ni aka kanya muri ville ya Goma, ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya…

Abandi basivile babiri bishwe batewe amabuye, mu mujyi wa Goma, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Abandi bantu babiri bishwe batewe amabuye i Goma ku murwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Ni muri iri joro ryakeye rishira kuri uy’u wa Gatanu, tariki ya 12/04/2024, ahitwa…

Abarimo abasirikare ba FARDC na Wazalendo batawe muriyombi bazira ubwicanyi bukorerwa abasivile mu mujyi wa Goma.

Abasirikare ba Repubulika ya demokarasi ya Congo na Wazalendo bafite uruhare mu bwicanyi bukorerwa abasivile i Goma, batawe muriyombi. Ni kuri uyu wa Kane tariki ya 11/04/2024, abashinzwe umutekano bataye…

I Goma, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru,hatashye ubwoba budasanzwe, nyuma y’iturika ry’imbunda ku marembo y’uwo Mujyi.

I Goma hatashye ubwoba budasanzwe nyuma y’iturika ry’imbunda ku marembo y’uwo Mujyi, uzwi nk’u murwa mu kuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Ni ahagana isaha z’u mugoroba nibwo mu bice…

I Goma, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, abantu bararushaho gukomeza kwicwa ki bandi.

Abaturage ba Goma, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, bahangayikishijwe n’infu zikomeje kwiyongera umunsi ku wundi muri uwo mujyi ufatwa nk’umwe mu mijyi ikomeye muri Repubulika ya demokarasi ya Congo. Ni…

Abanyekongo bakuwe mu byabo kubera intambara basabwe gusenga Imana cyane, ku bagarurira Joseph Kabila Kabange ku butegetsi.

Abanyekongo bakuwe mu byabo kubera intambara basabwe gusenga Imana cyane kubagarurira Joseph Kabila Kabange ku butegetsi. Ni mu kiganiro Olive Lembe yagiranye n’abaturage bo mu bice byo muri Kivu y’Amajyaruguru…

I Goma, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, abacuruzi bakoze igisa n’imyigaragambyo yo kwamagana ubutegetsi bwa Kinshasa.

Abacuruzi bo mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru bakoze igisa n’imyigaragambyo yo kwamagana ubutegetsi bwa Kinshasa, basaba kugabanyirizwa imisoro. Ni mu Mujyi wa Goma, uzwi nk’umurwa mukuru w’i Ntara ya Kivu…

Guhonyara uburenganzira bw’Abanyecongo baba Nyamulenge, muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, bikomeje kwiyongera umunsi ku wundi.

Guhonyora uburenganzira bw’Abanyecongo baba Nyamulenge muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, bikomeje kwiyongera umunsi ku wundi. Ni major Mutagata Thomas, usanzwe akora akazi ki gipolisi i Goma, k’u murwa mukuru…