• Sun. May 19th, 2024

CENI

  • Home
  • Mugihe kubara amajwi y’Amatora muri RDC, birimo gukorwa, Uvira, ho haravugwa umutekano muke.

Mugihe kubara amajwi y’Amatora muri RDC, birimo gukorwa, Uvira, ho haravugwa umutekano muke.

Ku bara amajwi ku ma Site amwe namwe bya tangiye ku menyekana, ahanini amajwi amaze kuja hanze nayavuye mu bihugu birihanze ya Congo Kinshasa. Abanyekongo baherereye mu gihugu cy’ Afrika…

Umwe mu bakandida, Dr Denis Mukwege, yamaganye icyemezo cyo kongera iminsi yogutora.

Umwe mu bakandida biyamamariza k’umwanya w’umukuru w’igihugu, Dr Denis Mukwege, yamaganye icyemezo cy’uhagarariye Komisiyo ishinzwe gutegura Amatora muri RDC, bwana Denis Kadima, cyongera iminsi yogutora. Dr Denis Mukwege, akoresheje inyandiko…

Mugihe i Bunia, abakozi ba CENI, bakijijwe n’amaguru, i Bukavu, muri Kivu y’Amajy’epfo, ruswa niyo irimo gukora kugira ngo utore.

Ku santire y’Amatora iherereye muri Komine ya Shari, mu Mujyi wa Bunia, mu Ntara ya Ituri, muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, habaye akavuyo kasize abakozi ba CENI bahunze muri…

Machafuko yameanza kushuhudiwa kwenye vituo kazaa vya ichaguzi wa leo inchini CONGO (DRC).

Machafuko yameanza kushuhudiwa kwenye vituo kazaa vya uchaguzi wa leo inchini CONGO (DRC). Leo nisiku ya uchaguzi wa kitaifa nchini DRC. Asubui namapema kuanzia aaa kumi na mbili alfajiri ndipo…

Minisitiri w’Ingabo Jean Pierre Bemba, y’ibasiriye Moïse Katumbi, kuba ashaka gutsinda Amatora anyuze mu Barusiya.

Minisitiri w’Ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo, akaba na minisitiri w’Intebe w’ungirije, Jean Pierre Bemba Gombo, arashinja kandida nimero 3, Moïse Katumbi, kuba ari gukorana na Barusiya m’urwego rwo…

Uhagarariye Komisiyo ishinzwe gutegura Amatora yagize icyavuga kubamunenga naho Urukiko rwatesheje agaciro ibyaregwa CENI.

Denis Kadima, uhagarariye Komisiyo y’Amatora muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yavuze ko adafite icyo yinenga. Mugihe hari hagize iminsi bamwe mu bakandida biyamamariza k’u mwanya w’umukuru w’igihugu, banenga uhagarariye…

Ubu biko bwa komisiyo y’Amatora muri RDC , bwafashwe n’inkongi y’umuriro burasha burakongoka.

Inkongi y’umuriro yatwitswe ubu biko bwa komisiyo y’Amatora muri Repubulika ya Demokorasi ya Congo (CENI). Nk’uko byavuzwe iriya nkongi y’umuriro yatwitswe ubu biko bwa CENI buherereye Bololo ho mu Ntara…

Havuzwe akajagari muri CENI, mugihe bakiri mu myiteguro y’Amatora muri RDC.

Abantu bagera kuri 5000 bo muri teritwari ya Budjala, mu m’Ajyepfo yo mu Ntara ya u Bangi kuruyu wa Kane, tariki 30/11/2023, hakozwe ubugenzuzi basanga bariya barakuwe kuri lisiti yabazatora…

Komisiyo ishinzwe gutegura Amatora muri Republika ya Demokarasi ya Congo, yongeye gutangaza ko amatora azaba byanze bikunze mugihe cagenwe.

Komisiyo ishinzwe gutegura amatora muri Congo ( CENI), kuri uyu wa Mbere, tariki 06/11/2023, yamenyesheje ko bidasubirwaho amatora azaba mugihe cyagenwe n’itegeko shinga ry’igihugu. N’ibyatangajwe ubwo barimo basoza guhugura aba…

Komisiyo y’amatora muri RDC (CENI), yatanze urutonde rwagateganyo rwaba kandida 24, baziyamamariza k’umwanya w’umukuru w’igihugu, ca RDC.

Komisiyo ishinzwe amatora muri Republika ya Demokarasi ya Congo (CENI), kuri uyu wa Kane (4), tariki 19/10/2023, yashize urutonde hanze rwa gateganyo rwaba kandida, baziyamamariza k’umwanya w’umukuru w’igihugu, muri RDC.…