• Sun. May 19th, 2024

Abarimo n’abadamu bakomerekejwe n’ibisasu biremereye byarashwe muri centre ya Sake, mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

Share with others

Abarimo abasivile benshi ba komerekejwe ni bi bombe byarashwe muri centre ya Sake.

Ni ahagana isaha ya saa tanu, zo kuri uyu wa Kane, tariki ya 29/02/2024, i b’ibombe by’i tuye muri Centre ya Sake, biza gukomeretsa abaturage bataratangazwa umubare, nk’uko amakuru ava muri ibyo bice abivuga.

Sosiyete sivile yo muri ibyo bice yemeje ay’amakuru, ivuga ko ari ibi bombe bibiri byarashwe i Sake, bisiga bikomerekeje abasivile benshi, harimo n’abagore, ariko ntibavuga umubare wa bahakomerekeye.

Amakuru akomeje gucicikana ku mbaga nkoranya mbaga ahanini ku mbuga za x, avuga ko ibyo bi bombe byarashwe n’ingabo za SADC, aho bemeza ko ba biteye mu bice bigenzurwa na M23, ariko uy’u mutwe, nguza kwirwanaho mu buryo bwa kinyamwuga.

Uwitwa Shamamba ukunze kuvuga ku ntambara ishamiranije m23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana k’u ruhande rwa leta ya Kinshasa, yagize ati: “Ingabo za Tanzania zo mu ngabo za Sadc bagabye igitero ku Ntare za Sarambwe(m23) mu Mujyi wa Sake, ariko ingabo za General Sultan Makenga zirwanyeho kinyamwuga.”

Ibi ntacyo ubuyobozi bw’Ingabo zu mutwe wa M23 barabivugaho.

Gusa nyuma y’ibyo bisasu byarashwe i Sake, muri teritware ya Masisi, abaturiye i Kambi yabavanwe mu byabo irahitwa mu Gunga, mu birometre bike na Sake bavuze ko bafite ubwoba ko bongera guhunga, nk’uko bivugwa na Sosiyete sivile.

Aba, bavanwe mu byabo kubera intarambara bagasaba ubuyobozi bw’Ingabo za RDC kubashakira umutekano uhagije.

          MCN.

By Bruce

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.