• Sun. May 19th, 2024

Month: February 2024

  • Home
  • Ingabo za MONUSCO zari Kamanyola, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, zahavanwe.

Ingabo za MONUSCO zari Kamanyola, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, zahavanwe.

Ingabo z’u muryango w’Abibumbye, MONUSCO, zavanwe Kamanyola, ikambi zari zirimo ihabwa ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo. Umuhango wo kuvana Ingabo z’u muryango w’Abibumbye, muri Kamanyola, ho muri teritware…

Enock Ruberangabo n’agatsiko ke, barashinjwa guhemukira ubwoko bw’Abanyamulenge, muri Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Minisitiri Alexis Gisaro na Enock Ruberangabo barashinjwa “guhemukira ubwoko ba vukamo bw’Abanyamulenge.” Ni Abanyekongo ba Banyamulenge bashinja minisitiri Alexis Gisaro na Enock Ruberangabo n’abandi bibumbiye mu gatsiko bavuga ko gahakwa…

Perezida Félix Tshisekedi, wa Republika ya Demokarasi ya Congo, kumunsi w’ejo hashize, tariki ya 27/02/2024, yongeye kuririmba u Rwanda.

Perezida Félix Tshisekedi kuri uyu wa Kabiri yongeye guhura na João Lourenço wa Angola baganira ku mutekano w’u Burasirazuba bwa RDC. Ni kuri uyu wa Kabiri tariki ya 27/02/2024, Tshisekedi…

Umukuru w’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi Tshilombo, yiswe “umunyakinyoma.”

Umutwe wa M23 wa nyomoje perezida Félix Tshisekedi wahakanye ko atabatumiye i Kinshasa. Ni bya tangajwe n’umuvugizi wa M23 mu bya gisirikare, Lt Col Willy Ngoma, mu kiganiro yahaye abaturage…

Ingabo za SADC na Fardc bari kugera geza andi mayeri yabafasha guhashya umutwe wa M23 ugize igihe ubazengereje.

Umunyamabanga mukuru w’umuryango wa SADC yatangaje ko Ingabo zabo ziri muri Repubulika ya demokarasi ya Congo ko zikomeje gutoza Igisirikare cya RDC kurasisha imbunda ziremereye, ibyo bakunze kwita “artillery.” Ni…

Olivier Rumenge Rugeyo, yagize icyavuga ku banyapolitike barema amacyakubiri mu banyekongo.

Olivier Rumenge, umunyekongo wo mu bwoko bw’Abanyamulenge wo mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, yagize icyavuga kuri Justin Bitakwira uzwiho kwanga ubwoko bw’Abatutsi bo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Ni…

Perezida Félix Tshisekedi Tshilombo, wa RDC ngo yatsinzwe n’intambara ibera mu Burasirazuba bw’igihugu cye.

Perezida Félix Tshisekedi Tshilombo, wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, bidasubirwaho, ngo yananiwe ku mara intambara ibera mu Burasirazuba bw’igihugu cye, ndetse no kuyitsinda, bikaba bi muri kure nk’u kwezi.…

Uruzinduko rwa Bintou Keita, muri Kamanyola rwaba rugamije iki?

Intumwa idasanzwe y’u munyabanga mukuru w’u muryango w’Abibumbye, Bintou Keita yagiriye uruzinduko mu bice byo mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo. Ni Bintou Keita werekeje i Kamanyola, muri teritware ya Walungu,…

Ibindi byimbitse ku gitero umutwe wa Red Tabara, wagabye ku ngabo z’u Burundi i Buringa, mu Ntara ya Bubanza.

Hamenyekanye ibindi byimbitse ku gitero umutwe wa Red Tabara uheruka kugaba ku ikambi y’igisirikare cy’u Burundi, iherereye ahitwa i Buringa, mu Ntara ya Bubanza, mu Majyaruguru y’i gihugu cy’u Burundi.…

Ubutegetsi bwa RDC , bwa tewe impungenge n’u Ruzinduko rwa General Chanegriha aheruka kugirira i Kigali mu Rwanda.

Ubutegetsi bwa Kinshasa bwa hamagaje ambasaderi wa Algeria muri RDC kwi sigura kubera uruzinduko rwa General Chanegriha aheruka kugirira mu Rwanda. Ni kuri uyu wa Mbere, tariki ya 26/02/2024, ambasaderi…