• Sun. May 19th, 2024

Month: February 2024

  • Home
  • I huriro ry’ingabo z’ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, mu mirwano yo kuri uy’u wa Kane, bambuwe n’ibice birimo ibirombe bya mabuye y’agaciro.

I huriro ry’ingabo z’ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, mu mirwano yo kuri uy’u wa Kane, bambuwe n’ibice birimo ibirombe bya mabuye y’agaciro.

I Masisi hakomeje kubera imirwano hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa Guverinoma ya Kinshasa, kuva mu Gitondo cyo kuri uyu wa Kane, tariki ya 01/02/2024. N’i mirwano irimo…

Mu Burasirazuba bwa RDC, ngohaba hagiye kuba isibaniro ry’intambara ni mugihe ibya SADC na FARDC byagiye hanze.

Intambara mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo ngo yahinduye isura. Nyuma y’uko ingabo za SADC zigereye muri Congo, gufasha ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi kurwanya M23 ubu haravugwa…

I Ngugu na Murambi, bari gutabariza abaturage bashimuswe n’ihuriro ry’ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa na SADC.

Abaturage baturiye i Ngugu na Murambi muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, baratabariza abantu ba bo bakomeje gushimutwa n’ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa leta ya Kinshasa bafatanije…

Umunyamabanga mukuru w’u muryango w’Abibumbye, António Guterress yasabwe kwegura.

Leta ya Israel yasabye umunyamahanga mukuru w’umuryango w’Abibumbye, António Guterress kuva kuri ubwo buyobozi . Igihugu cya Israel cya tanze ik’i cyifuzo binyuze kuri minisitiri w’ubanye n’amahanga wayo Katz Israel,…

Hafi na Sake haramukiye imirwano mugihe FARDC yongeye kubona ubuyobozi bushya

Imirwarno izindutse ibera mu gace ka Rushogo, ha herereye mu nkengero z’u Mujyi wa Sake, muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. N’imirwano ikomeje guhuza M23 n’ihuriro ry’Ingabo…

Mu marembo ya Sake haraye humvikanye urusaku rw’imbunda ninshi, ndetse M23 iravugwaho gufungira abarwana kuruhande rwa Kinshasa i Mihanda.

Urusaku rw’imbunda rw’umvikanye cyane mu marembo ya Sake, ku mugoroba w’ejo hashize tariki ya 31/01/2024. Bya vuzwe ko M23 igihe c’amasaha y’igicamunsi cy’ejo k’uwa Gatatu, yakomeje gusatira u Mujyi wa…

Umutwe w’iterabwoba w’Aba-Houthis, urikugenda usuzuguza Leta Zunze Ubumwe z’Amerika.

Umutwe w’iterabwoba w’Aba-Houthis umaze igihe ushotora ibihugu by’ibihangange, warashe ubwato bw’intambara bwa leta Zunze Ubumwe z’Amerika, nyuma y’iminsi mike hari undi mutwe wari wagabye igitero cy’indege ku ngabo z’iki gihugu,…