• Sat. May 18th, 2024

Luanda

  • Home
  • Ibiganiro bihuza u Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byatangiye.

Ibiganiro bihuza u Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byatangiye.

Ibiganiro hagati ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n’u Rwanda byatangiye. Ni kuri uyu wa Kane, tariki ya 21/03/2024, Abayobozi bo munzego nkuru z’u Rwanda n’aba Repubulika ya demokarasi ya…

Minisitiri w’u banye n’amahanga wa RDC, Christophe Lutundula, yavuzwe mu ruzinduko rukaze, i Luanda, mu gihugu cya Angola.

Ku wa Kabiri, umukuru w’igihugu cya Angola João Lourenço yakiriye minisitiri w’u banye n’amahanga wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, mu biro bye. Ni Christophe Lutundula, minisitiri w’u banye n’amahanga…

Perezida Félix Tshisekedi, wa Republika ya Demokarasi ya Congo, kumunsi w’ejo hashize, tariki ya 27/02/2024, yongeye kuririmba u Rwanda.

Perezida Félix Tshisekedi kuri uyu wa Kabiri yongeye guhura na João Lourenço wa Angola baganira ku mutekano w’u Burasirazuba bwa RDC. Ni kuri uyu wa Kabiri tariki ya 27/02/2024, Tshisekedi…

Perezida Félix Tshisekedi, yongeye gushinja Kigali gufasha umutwe wa M23.

Perezida Félix Tshisekedi, yongeye gushinja Kigali gufasha umutwe wa M23. Yanditswe na: Bruce Bahanda, tariki 20/08/2023, saa 6:20Am, kumasaha ya Bukavu na Minembwe. Mu Nama iheruka kuruyu wa Gatanu, i…

Munama yabaye ejo hashize, i Luanda habaye gushimira Perezida Paul Kagame na Félix Tshisekedi naho FDLR iramaganwa.

Munama yi Luanda kuruyu wa Kabiri, yahuje imiryango ine irimo EAC na SADC, habaye gushimira Perezida Kagame na Tshisekedi maze bamagana Imitwe y’inyeshamba irimo FDLR. Kumunsi w’ejo hashize tariki 27/06/2023,…

Rwanda wants M23 To Participate In Luanda And Nairobi Peace Process.

By Chris Muhizi Minembwe Capital News Saturday June 3rd/2023. Rwanda wants the M23 rebel group to take part in the negotiations to bring peace to the eastern Democratic Republic of…