• Sun. May 19th, 2024

Ingabo z'u Burundi

  • Home
  • Interahamwe z’iheruka kwisuka ku misozi ya Uvira za koranye i Nama n’ingabo z’u Burundi n’indi mitwe y’Inyeshamba, iherereye muri ibyo bice.

Interahamwe z’iheruka kwisuka ku misozi ya Uvira za koranye i Nama n’ingabo z’u Burundi n’indi mitwe y’Inyeshamba, iherereye muri ibyo bice.

Mu misozi miremire yo muri teritware ya Uvira, bya vuzwe ko haheruka kubera i Nama idasanzwe yahuje abarwanyi bazwiho gusenyera Abanyamulenge. N’i Nama bivugwa ko yabereye neza na neza mu…

Ingabo z’u Burundi, zongeye kuzamuka imisozi miremire y’Imulenge, ku bwinshi zigana mu Minembwe.

Ingabo z’u Burundi z’iheruka kuva mu Minembwe, zigana i Baraka, zongeye kuzamuka zerekeza mu Minembwe kandi ho mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu Gihugu cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo.…

Ingabo z’u Burundi, ngo zapfiriye gushira mu mirwano ibahanganishije na M23, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Abasirikare b’u Burundi ba barirwa 472 baguye mu mirwano ihanganishije M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa leta ya Kinshasa, mu bice byo muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu…

I Baraka, Abaturage basabwe gufatisha ingabo z’u Burundi yombi Abanyarwanda bo bitwa abanzi ba Congo.

Iminsi ibiri irashize, ingabo z’u Burundi, zabaga mu bice bya Komine ya Minembwe ba sesekaye mu Mujyi wa Baraka, muri teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu Gihugu…

Abarimo ingabo z’u Burundi, bari bakurikiye Inka z’Abanyamulenge ziheruka kwi birwa ku Ndondo ya Bijombo, bagarutse gutyo.

Abari bakurikiye Inka z’Abanyamulenge ziheruka kwibwa, zibiwe mugace ka Nyurira hafi na Localite Gongwa, muri Grupema ya Bijombo, teritware ya Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, bagarutse ntazo babashe kubona.…

Ingabo z’u Burundi zabaga mu bice byo muri Komine Minembwe berekeje kwa Mulima, muri Grupema ya Mutambara, teritware ya Fizi.

Abasirikare b’u Burundi ba barizwa mu mutwe w’ingabo wa TAFOC, abari ba herereye mu bice bya Komine ya Minembwe, ba manutse kwa Mulima, ho muri Grupema ya Mutambara, teritware ya…

Abasirikare b’u Burundi, bo muri TAFOC, bashinjwe gusambanya abagore ku ngufu, muri Kivu y’Amajy’epfo.

Abasirikare b’u Burundi, boherejwe mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, bashinjwe n’Ibyaha birimo no gufata abagore ku ngufu. Ni byatangajwe n’umuryango wa Burundi Human Rights initiative(BHRI), uyu muryango…

Ubwoba, mu Minembwe nyuma y’uko Ingabo z’u Burundi n’iza RDC, za gomangiye ku k’ibuga cy’Indege kiri ku Kiziba.

Ku k’ibuga cy’Indege giherereye ku Kiziba, homuri Komine Minembwe, muri teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu Gihugu ca Repubulika ya demokarasi ya Congo, hongeye kugaragara Ingabo ninshi…

Abasirikare b’u Burundi, bongeye kugaragara aribenshi mubice byo mu Kibaya cya Rusizi, muri Kivu yamajy’Epfo.

Mu gitondo cyokuri uyu wa Mbere, tariki 13/11/23, mu kibaya cya Rusizi aho bakunze kwita Plaine Dela Ruzizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu Gihugu ca Republika ya Demokarasi ya…

Ingabo z’u Burundi, zomuri batayo ya Task Force, zoherejwe mubice byo muri teritware ya Kabare, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Mu ntangiriro z’iki Cyumweru, ingabo z’u Barundi zomu mutwe wa Task Force, zari i Nyengenzi, muri teritware ya Walungu, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, zarahavanwe zijanwa mubice biri muri teritware…