• Sun. May 19th, 2024

Burundi

  • Home
  • Perezida Evariste Ndayishimiye, yabwiye aburundi ko igihugu cyabo ari yo Edeni yanditswe muri Bibiliya, asobanura impamvu bo batabyumva.

Perezida Evariste Ndayishimiye, yabwiye aburundi ko igihugu cyabo ari yo Edeni yanditswe muri Bibiliya, asobanura impamvu bo batabyumva.

Umukuru w’igihugu cy’u Burundi, Evariste Ndayishimiye aheruka kubwira abarundi ko igihugu cyabo ari yo Edeni ivugwa mu gitabo cy’Itangiriro na Ezekiel, byo muri Bibiliya. N’i byo yavuze ku wa Kabiri,…

Mu Majyaruguru y’i gihugu cy’u Burundi, haravugwa igitero gikomeye cyasize gihitanye abasirikare benshi b’u Burundi.

Haravugwa intambara ikomeye mu Ntara ya Bubanza, mu Majyaruguru y’i gihugu cy’u Burundi. Ni ahagana isaha ya saa tatu n’igice z’ijoro ryo kuri iki Cyumweru, rishira kuri uyu wa Mbere,…

Leta y’u Burundi yongeye gufunga abasirikare babo ba barirwa mu magana, bazira kwanga kurwanya M23.

Leta y’u Burundi yafunze abasirikare bayo ba barirwa muri magana abiri arenga, bazira kwa nga kwinjira mu ntambara yo kurwanya M23, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mu gihugu cya Repubulika…

Uruzinduko, umukuru w’igihugu cy’u Burundi Evariste Ndayishimiye, yagiriye i Kinshasa, ibirurimo bimwe bya menyekanye.

Umukuru w’igihugu cy’u Burundi yaraye ageze i Kinshasa k’umurwa mukuru w’i Gihugu cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Ni ahagana isaha z’umugoroba zokuri uy’u wa Kabiri, tariki ya 13/02/2024, n’ibwo…

Mu Burundi, Imbonerakure mu Ntara ya Cibitoki, zatsembye zanga koherezwa muri Kivu y’Amajyaruguru, muri RDC, kurwanya M23.

Mu Burundi haravugwa ifungwa ry’Abasirikare bazira kwa nga koherezwa muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo kurwanya M23. Ibyo gufunga abasirikare b’u Burundi byo ngeye kuvugwa k’u wa Mbere w’iki Cyumweru…

Umuyobozi w’u bumwe bw’ibihugu by’u Buraya, Rita Laranjinah, yanenze leta y’u Burundi, yafunze imipaka ihuza u Rwanda n’u Burundi.

Umuyobozi w’u mwe bw’ibihugu by’u Buraya, Rita Laranjinah, yatatse i Gihugu c’u Burundi, giheruka gufunga imipaka yose ihuza u Rwanda n’u Burundi. Tariki ya 11/01/2024, n’ibwo Guverinoma ya perezida Evariste…

Abanyarwanda, bari gufungwa n’Imbonerakure mu Gihugu c’u Burundi.

Abanyarwanda bakabakaba 38 ba fungiwe muri Komine ya Mugina mu Ntara ya Cibitoki, mu Gihugu c’u Burundi. Ni nyuma y’uko leta y’u Burundi yafashe ingingo y’ihuse yogufunga imipaka ihuza u…

“Umubano w’u Rwanda n’u Burundi, uhinduka nk’ihindagurika ry’ikirere,” ni byatangajwe na Minisitiri w’ubanye n’amahanga Albert Shingiro.

Guverinoma y’u Burundi yatangaje ko ingendo zo mukirere zifunguye ku gihugu c’u Burundi n’u Rwanda. Ni byemejwe mu Nama yahuje Inteko shinga mategeko yo mu Burundi, aho bya vuzwe ko…

Ingaruka z’ifungwa ry’imipaka ihuza u Rwanda n’u Birundi, zageze no mu Banye-Kongo.

Gufunga imipaka ihuza u Burundi n’u Rwanda ngo biri mubyatunye haba ingaruka mbi ku butunzi bureba ibihugu byombi ndetse n’u Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Ibi byagaragaye ahanini…

Bombori bombori mumugambwe CNL wa Agatho Rwasa, umugambwe urimo abishe Abanyamulenge basaga 165, mu Gatumba.

“Guhirika ubutegetsi byapfubye mu Burundi! Bamwe muri bo bariye karungu!” Yanditswe na Bruce Bahanda, kw’itariki 05/07/2023, saa 6:00pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe. Umunyamabanga Mukuru w’ishyaka rya CNL, Simon Bizimungu…