• Sun. May 19th, 2024

Impunzi zahungiye mu Burundi, zahawe “amabwiriza,” aremereye mu gihe bagitegereje gukorerwa ibarura.

Share with others

UNCHR ivuga ko impunzi zahungiye mu Burundi abagera ku bihumbi 4000 kwa ribo babuze mu makambi.

Ni bikubiye mu itangazo ry’umuryango w’Abibumbye mu ishamyi rishinzwe impunzi ( UNHCR ), batangaje ko impunzi zahungiye mu gihugu cy’u Burundi gukora ibishoboka byose bakazitabira ibarura ribategereje.

Itangazo rije mu gihe abanyamahanga n’impunzi, baheruka ku menyeshwa na leta y’icyo gihugu ko bazakorerwa i barura, tariki ya 26-27 kugeza 28/03/2024, nk’uko byatangajwe na minisitiri w’u mutekano, Martin Niteretse.

Iryo tangazo rya UNHCR yo mu gihugu cy’u Burundi, rivuga riti: “Impunzi zacyu, ziri Bujumbura, hari barura rigiye kubakorerwa. Rero hari amakuru avuga ko impunzi zo mu makambi yose y’u Burundi abagera ku 4000, babuze muri ayo makambi.”

“Bityo turasaba ko abatakiri mu makambi aho muherereye hose, mugaruke kugira ngo twirinde “urusaku.” Nta kibali kizongera gutangwa kubashaka kuja hanze y’inkambi kugeza ibarura rirangiye.”

Iri tangazo rikomeza rivuga riti: “Nta bindi biswahili dushaka! Abatazabineka kuri ayo matariki, bazabe biteguye ko bazahanagurwa mu bitabo by’impunzi.”

        MCN.

By Bruce

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.