• Sun. Jun 2nd, 2024

I Mupfunyi, Wazalendo, baharwaniye Urugamba rukaze, rwo gusubirwamo.

Share with others

Mu gitondo cyo kuri uy’u wa Gatanu, tariki ya 05/01/2024, habaye imirwaro ikomeye yo gusubiranamo kwa Wazalendo, bazwiho gukorana n’ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.

Nk’uko bya vuzwe, imirwaro y’abaye igihe c’isaha ya sakumi n’imwe(5:00Am), z’urukerera, aho harimo hahangana umtwe w’itwaje imbunda, wa APCLS, uyobowe na Gen Janvier, n’undi witwa UPCRN, nawo iyobowe na Gen Kagiri.

Urugamba rwahuje iyo mitwe ibiri, ihuriye mucyiswe “Wazalendo,” yabereye neza naneza, muduce twa: “Buyagu, Bishanga na Kalambiro,” duherereye muri Localite ya Kashenda, Grupema ya Mupfunyi Shanga, muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mu Gihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo.

Amakuru yizewe avuga ko imvo y’uko gusubiranamo kw’abarwanyi bafasha Ubutegetsi bwa Kinshasa, k’urwanya M23, bya vuye k’ukibazo cy’Imisoro(Taxes), nimugihe gukora amabariyeri(barrière), bagira ibihe, ariko bikaba bigize igihe bibakoroganisha uy’umunsi bakoresha imbunda kugira haze kugaragaza uri buyobore.

Gusa amakuru yatanzwe na Sosiyete sivile yo muribyo bice avuga ko urusaku rw’imbunda rw’umvikanye cyane, ahagana isaha zakare kuri ubu bikaba bimaze guceceka.

Bruce Bahanda.

By Bruce

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.