• Sun. May 19th, 2024

Abaturiye umujyi wa Kigali, mu gihugu cy’u Rwanda, basabwe kutanduza imihanda.

Share with others

Abaturiye umujyi wa Kigali mu gihugu cy’u Rwanda, basabwe kutanduza imihanda.

Ni ibikubiye mu itangazo ry’ubuyobozi bw’u mujyi wa Kigali, ryashizwe hanze kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 17/04/2024.

Itangazo ry’u buyobozi bw’u mujyi wa Kigali, rivuga ko ry’ibutsa abantu bose ko bibukijwe kwirinda kwanduza umuhanda kandi ko bireba abantu ku giti cyabo ndetse n’abafite ibikorwa by’u butasi aho imodoka ziva cyangwa zinjira kuri Chantier.

Iryo tangazo ry’umujyi wa Kigali rikomeza rivuga ko imodoka zigomba gusukurwa amapine igihe zigiye kwinjira muri kaburimbo.

Itangazo rigasoza rivuga ko mu gihe hazaboneka abatubahirije bazahanwa hakurikijwe itegeko n°48/2018 ryo ku wa 13/08/2018 rigenga ibidukikije.

Inkuru dukesha Radio 10, yo muri icyo gihugu.

      MCN.

By Bruce

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.