• Sun. May 19th, 2024

Month: December 2023

  • Home
  • Umutwe wa Red Tabara, bidasubirwaho, wanyomoje ibya tangajwe na perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, ko bafashwa na leta ya Kigali.

Umutwe wa Red Tabara, bidasubirwaho, wanyomoje ibya tangajwe na perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, ko bafashwa na leta ya Kigali.

Umutwe wa Red Tabara, urwanya leta ya CNDD FDD, mu gihugu c’u Burundi, wavuguruje ibyatangajwe na perezida Evariste Ndahishimiye, ubwo yari mu Ntara ya Cankuzo. N’ibyaraye bitangajwe n’umutwe wa Red…

Bwa mbere, umukuru w’igihugu c’u Burundi, yashinje umutwe wa Red Tabara, gufashwa n’u Rwanda.

Perezida w’igihugu c’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, kuri uyu wa Gatanu, tariki 29/12/2023, yashinje leta ya Kigali, gufasha u mutwe wa Red Tabara. Ni mu kiganiro yahaye itangaza Makuru ubwo yari…

Ingabo za ARC/M23, zambariye gutabara no kuvana abanyekongo mu kaga, ahari ho hose.

Ingabo z’u mutwe wa M23, zatangaje ibishya zigiye kuzajya zikora by’ubutabazi ahariho hose muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo. N’ibyatangajwe n’umuvugizi wa M23, mu bya gisirikare, major Willy Ngoma, aho…

Umuryango w’Abibumbye, wasohoye icyegeranyo gishya kigaragaza ibikorwa by’urugomo, bikorwa n’imitwe y’itwaje imbunda ifasha FARDC kurwanya M23.

Umuryango w’Abibumbye, wongeye gusohora raporo nshyasha zigaragaza uko ibintu byifashe muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, muri iki gihe. Ni raporo, ahanini igaragaza ibikorwa bibi bikorwa n’imitwe y’inyeshamba ifasha ubutegetsi…

Bwa mbere Corneille Nangaa, yateye umukono agaragaza ko ari i Rutsuru, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Nyuma y’uko i Shyaka rya Alliance Fleuve Congo, rivukuye muri Kenya, kw’itariki 15/12/2023, bikozwe na Corneille Nangaa, kuri uyu wa Kane, tariki 28/12/2023, yashizeho umukono kubyo aheruka gutangaza. N’itangaza yashizeho…

Gen Kainarugaba Muhoozi, y’ifurije Mama Janet Museveni, gukira COVID-19.

Umudamu w’umukuru w’igihugu cya Uganda, Janet Museveni, ya rwaye COVID-19. N’ibyatangajwe na perezida wa Uganda Yoweli Kaguta Museveni, aho yavuze ko ibimenyetso byayo bya tangiye k’u garagara k’u mudamu we…

Umutekano wa karere k’i Mulenge, muri Kivu y’Amajy’epfo, ukomeje kuzamba kubera Wazalendo, Insoresore z’Abarundi na FDLR.

Umutekano ukomeje kuzamba, mu misozi miremire y’Imulenge, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu Gihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo. Imisozi miremire y’Imulenge, igizwe n’i Cyohagati, Mibunda, i Ndondo, Minembwe,…

Komisiyo ishinzwe gutegura Amatora, kuri uyu mugoroba wo k’uwa Kane, yongeye gutangaza amajwi y’agateganyo.

K’u mugoroba wo k’uwa Kane, tariki ya 28/12/2023, akanama gashinzwe gutegura amatora(CENI), muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, kongeye gutangaza amajwi y’agateganyo Tshisekedi, yongera kuza kwisonga. Bya tangiye gutangazwa bya…

Umunyarwandakazi, Anne Uwamahoro Rwigara, umukobwa wa Assinapol, w’igeze kuba umucuruzi ukomeye mu Rwanda, y’itabye Imana.

Umunyarwandakazi, Anne Uwamahoro Rwigara, umukobwa wa Assinapol Rwigara, wari umucuruzi ukomeye mu Gihugu c’u Rwanda, y’itabye Imana ku myaka 41, akaba apfuye urupfu rutunguranye. Ay’amakuru avuga ko umukobwa wa Assinapol…

RDC, yongeye kurasisha Indege z’intambara zo m’ubwoko bwa Sukhoï-25, bica Abaturage muri Karuba, n’ahandi.

Ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa Guverinoma ya Kinshasa, FDLR, FARDC, Wagner, Ingabo z’u Burundi na Wazalendo, k’u mu goroba wo k’uwa Kane, tariki 28/12/2023, bongeye gukoresha Indege z’intambara mu kurasa…