• Sun. May 19th, 2024

Sake

  • Home
  • Imirambo y’abana babiri yishwe urupfu rwagashinyaguro, yatoraguwe mu Mujyi wa Sake, ahagenzurwa n’ingabo za FARDC, FDLR, Wagner na Wazalendo.

Imirambo y’abana babiri yishwe urupfu rwagashinyaguro, yatoraguwe mu Mujyi wa Sake, ahagenzurwa n’ingabo za FARDC, FDLR, Wagner na Wazalendo.

Hatoraguwe imirambo y’abana babiri barimukigero cy’imyaka irihagati 3 ni 5. N’imirambo yatoraguwe k’umunsi w’ejo tariki 02/11/2023. Amakuru dukesha isoko yacu ya Minembwe Capital News, avuga ko iyo mirambo yatoraguwe mugace…

Ingabo za Monusco zatangaje ko zigiye guhasha imitwe y’inyeshamba y’itwaje Imbunda ishaka gufata Sake na Goma.

Ingabo z’u muryango wa b’ibumbye (Monusco), ziri m’ubutumwa bwamahoro muri RDC, ziyemeje gukorana hamwe n’Ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo(FARDC) kurinda abaturage mur’ibi bihe by’intambara no kurinda u Mujyi…

Umuhanda uhuza Sake n’a Kitchanga urafunzwe uyu ukaba arinawo wahuzaga Masisi n’a Goma.

Umuhanda uhuza Sake n’a Kitchanga urafunzwe uyu ukaba arinawo wahuza Masisi n’a Goma. Yanditswe na Bruce Bahanda, kw’itariki 04/07/2023, saa 6:30Am, kumasaha ya Bukavu na Minembwe. Imirwano yongeye kubura kuruyu…

Etat de Siège, yemejwe ko igomba gusubukura ibikorwa mugihe umujyi wa Sake wo wugarijwe n’Intambara.

Abadepite bomuntara ya Ituri no muri Kivu y’Amajyaruguru bakoranye Ikiganiro kuruyu Wamungu, n’umukuru w’igihugu, Félix Tshisekedi, ku kibazo cya “Etat de Siège,” murizo ntara zombi. Yanditswe na Bruce Bahanda, kw’itariki…

Minisitiri W’ingabo Za Kinshasa, J.Pierre Bemba Yageze I Sake Na Kibumba Ahazwi Nkahabera Intambara.

Minisitiri w’intebe w’ungirije akaba n’a minisitiri w’ingabo Jean Pierre Bemba, yasuye ibice biberamo intambara Sake n’a Kibumba. Yanditswe na Bruce Bahanda, kw’itariki 13.06.2023, saa 5:55Am, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.…