• Sun. May 19th, 2024

Nairobi

  • Home
  • I Nairobi mu gihugu cya Kenya, hadutse ibiza byakuye abaturage benshi mu byabo.

I Nairobi mu gihugu cya Kenya, hadutse ibiza byakuye abaturage benshi mu byabo.

Mu gihugu cya Kenya hadutse ibiza byakuye abaturage benshi mu byabo. Ni Guverinoma ya Kenya yemeje ay’amakuru aho yanatanze umuburo ku baturage baturiye iki gihugu cya Kenya ko imvura iri…

I Nairobi mu Gihugu cya Kenya, Gazi yishe abantu 2, abandi barenga 250 barakomereka bikabije.

Abantu basaga 250 bakomerekejwe na Gazi, abandi ba biri barapfa. Ni Gazi yaritwawe n’ikamyo ubwo yageraga mugace ka Embakasi, gaherereye mu Mujyi wa Nairobi mu gihugu cya Kenya, iraturika, birangira…

Abasaga ijana mungabo z’u muryango w’Afrika y’iburasirazuba ba komoka Kenya, buriye Indege bagana i Nairobi.

Ahagana isaha z’igitondo cyokuri uyu wa 03/12/2023, abasirikare basaga ijana(100), bo mungabo za kenya bari mu butumwa bwo ku bungabunga Amahoro mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, buriye…

I Nairobi, Abanyamulenge baribuka intwari Sekunzi Muragwa Bonheur wapfuye azira ubwoko bw’Abatutsi.

I Nairobi mugihugu ca Kenya, umuryango wa Banyamulenge baribuka intwari Sekunzi Muragwa Bonheur, wapfuye kw’itariki 05/9/2022. Nu Muhango uza kubera mwitorero rya Convenant Church, aho bakunze kwita kwa Bishop ho…

Umuhanzi w’umunyamulenge, wamamaye mundirimbo za Gakondo y’i Mulenge M7 Ndondo, yabateguriye igitaramo gishyushe i Nairobi muri Kenya.

Umuririmbyi w’umunyamulenge M7 Ndondo, wamaye mundirimbo za gakondo y’i Mulenge abafitiye, igitaramo kizabera i Nairobi homuri Kenya tariki 29/07/2023. Yanditswe na: Bruce Bahanda, kw’itariki 23/07/2023, saa 10:20Am, kumasaha ya Bukavu…

Abanyamulenge i Nairobi, b’ibutse k’unshuro y’ambere ababo b’iciwe i Mulenge ho mumajy’Epfo ya Kivu.

I Nairobi homug’ihugu ca Kenya Abanyamulenge bahatuye, bibutse ababo b’ishwe bazira ubwoko bw’Abatutsi, muburasirazuba bwa Republika ya Democrasi ya Congo. Yanditswe n’a Bruce Bahanda, kw’itariki 14/07/2023, saa 2:30pm, kumasaha ya…

Umunsi udasanzwe kumu Nyamulenge, wese utuye i Nairobi, hazaba kw’ibuka ababo b’iciwe mu Minembwe.

Umunsi udasanzwe kumuny’Amulenge wese utuye i Nairobi n’ahandi kw’Isi, n’imugihe muriki gihugu bateguye k’uzibuka Abanyamulenge bishwe mu Minembwe mubihe bitandukanye. Yanditswe na Bruce Bahanda, kw’itariki 09/07/2023, saa 9:10Am, kumasaha ya…

Ubuhamya mukiganiro kiri, i Nairobi, hatanzwe ubuhamya bw’Abantu ba Batutsi bicwa muri RDC bazira ubwoko bwabo.

Ubuhamya, mukiganiro k’irimo guhuza Abahema, Abanyamulenge n’abavuka i Masisi homuntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Yateguwe n’a Bruce Bahanda, nfatan’ije n’a Nkiriho Kabemba, kw’itariki 09/07/2023, saa 7:10Am, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.…

Igice cyakabiri cy’ikiganiro kirimo guhuza Abahema, Abanyamulenge n’abavuka i Masisi.

Igice cyakaburi cy’i biganiro byahuje Abahema, Abanyamulenge n’abavuka i Masisi, cyakomereje ahitwa Keren homuri Nairobi, mugihugu ca Kenya. Nkuko twakomeje kubivuga ho, ibi biganiro bigamije kurebera hamwe Igisubizo kubwicanyi bukorerwa…

Ibiganiro bya Nairobi, byahuje amoko atatu Abahema, Abanyamulenge ndetse n’abavuka i Masisi, hatanzwe ubuhamya.

Mwabiteguriwe n’a Bruce Bahanda nfatanije n’a J.Claude Nkiriho Kabemba, uri mubiganiro i Nairobi. Ibiganiro byahuje amoko atatu(Abahema, Abanyamulenge n’abavuka i Masisi homuntara ya Kivu y’Amajyaruguru),iyuyumunsi iyigice cambere irarangiye, ikaba irangiye…