• Mon. Jul 8th, 2024

Mu Ntara ya Kivu yamajy’Epfo

  • Home
  • Amakuru mashya avugwa muri Kivu y’Amajy’epfo n’uko habaye impinduka zikomeye, mu gisirikare cya FARDC.

Amakuru mashya avugwa muri Kivu y’Amajy’epfo n’uko habaye impinduka zikomeye, mu gisirikare cya FARDC.

Amakuru mashya avugwa muri Kivu y’Amajy’epfo n’uko habaye impinduka mu gisirikare cya FARDC. Ni Brig General André Ohenzo wagizwe komanda Secteur wa Nyamunyunyu ho muri teritware ya Kabare, mu Ntara…

Guhohotera Abanyamulenge mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, byongeye kandi gufata indi ntera.

Guhohotera Abanyamulenge mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, byongeye kandi gufata indi ntera. Ku munsi w’ejo hashize, mu rugo rw’Umunyamulenge, witwa Kineza rw’injiriwe n’insoresore z’itwaje imbunda zabo mu bwoko bw’Abapfurelo, zisahura…

Ingabo za MONUSCO zikomoka mu gihugu cy’u Bushinwa, zari mu butumwa bwa mahoro mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, zasezeye.

Ingabo z’u muryango w’Abibumbye, MONUSCO, zikomoka mu gihugu cy’u Bushinwa, basezeye mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo. Ni kuri uyu wa Kabiri tariki ya 09/04/2024, ingabo z’u muryango w’Abibumbye, MONUSCO zikomoka…

Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo, yatangiye ibikorwa byo kubaka ibiraro mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yiyemeje kubaka ibiraro bine byo muri teritware ya Uvira mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo. Ni gikorwa cyatangiye ku Cyumweru tariki ya 24/04/2024, kikaba…

Haravugwa ihonyangwa rikomeye ry’ikiremwa muntu, rikorerwa u bwoko bw’Abanyamulenge, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Haravugwa guhonyanga ikiremwa muntu bishingiye ku bwoko mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo. Ni byongeye kuba ku munsi w’ejo tariki ya 23/02/2024, bi bereye i Bukavu, kumurwa mukuru w’Intara ya Kivu…

Ishirahamwe Socico RDC, rya shize hanze icyeranyo kiranga umutekano uko wari uhagaze mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, umwaka ushize.

K’u munsi w’ejo hashize, tariki ya 13/01/2024, ishirahamwe rya SOCICO RDC rikorere mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, rya tanze raporo y’umwaka wose ku bijanye n’umutekano. Biciye mw’ijwi ry’u muyobozi mukuru…

Uwiyamamariza k’u mwanya w’u budepite, yishwe arashwe undi nawe arashimutwa muri teritware ya Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

K’u munsi w’ejo hashize, ahagana isaha za saa 7:30 PM, itariki 15/12/2023, depite k’urwego rw’i Ntara, Espoir Sadiki Richa, yiciwe hafi niwe murugo mu Mujyi wa Uvira, mu Ntara ya…

Mugihe imirwano ikomeje kubica bigacika, mu bice byo mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, Tshisekedi we yiteguriwe kugera i Bukavu.

Mu gihe imirwano ikomeje ku bica bigacika mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, aho imitwe y’inyeshamba y’itwaje Imbunda irimo FDLR, Maï Maï na Red Tabara, ba gabye ibitero mu nkengero za…

Komisiyo yamatora mu Ntara ya Kivu yamajy’Epfo, yatanze Gahunda ijanye na bashaka gutanga kandidatire kumwanya w’ubudepite.

Komisiyo yamatora mu Ntara ya Kivu yamajy’Epfo, yatanze Gahunda ijanye na bashaka gutanga kandidatire kumwanya w’ubudepite. Yanditswe na: Bruce Bahanda, tariki 18/08/2023, saa 4:00pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe Komisiyo…