• Sun. May 19th, 2024

Benjamin Mbonimpa

  • Home
  • Umwe mu bayobozi bavuga rikijana muri M23, Benjamin Mbonimpa arashinja ubutegetsi bwa Kinshasa gukoresha imari ya leta nabi.

Umwe mu bayobozi bavuga rikijana muri M23, Benjamin Mbonimpa arashinja ubutegetsi bwa Kinshasa gukoresha imari ya leta nabi.

Umwe mu bayobozi bavuga rikijana mu mutwe wa M23 arashinja abategetsi ba Guverinema ya perezida Félix Tshisekedi gukoresha imari ya leta nabi. Ni bikubiye mu butumwa umuhuza bikorwa wa M23,…

Umwe mu bayobozi bagize umutwe wa M23, Benjamin Mbonimpa, yavuze ku cyakorwa kugira amahoro n’umutekano bigaruke mu Burasirazuba bwa RDC.

Umuhuza bikorwa muri M23, Benjamin Mbonimpa yavuze ku cyazana amahoro mu Burasirazuba bw’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, no mu gihugu hose. N’ibikubiye mu butumwa bwanditse yashize hanze mu…

Umuhuza bikorwa wa M23, Benjamin Mbonimpa, yongeye kwigamba gutsinda ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa Guverinoma ya Kinshasa.

Umuhuza bikorwa wa M23, Benjamin Mbonimpa, yongeye kwigamba kugira ingabo zifite imbaraga. Mbonimpa, aheruka kuvuga ibigwi by’ingabo za M23 k’u wa mbere w’iki Cyumweru turimo, nimugihe ingabo za ARC/M23, zari…

Umuhuza bikorwa wa M23, Benjamin Mbonimpa, yigambye gukubita kubi, ihuriro ry’ingabo za RDC na SADC.

Umuhuza bikorwa wa M23, Benjamin Mbonimpa, yigambye kunesha, nyuma y’uko urugamba rwa none ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa ku bufatanye n’iza SADC, baruhuriyemo n’uruva gusenya. Uy’u munsi k’u wa Mbere,…