• Fri. Jul 5th, 2024

Ibiro bya Komisiyo y’amatora mu Ntara ya Tanganyika yafashwe n’Inkongi y’umuriro.

Share with others

Kuri uyu wa Gatanu tariki 15 z’ukwezi kwa Cyenda uyumwaka, mugihe cyasaa sita havuzwe impanuka nimugihe inkongi y’umuriro yatwitse ububiko bw’ibiro bikuru byo mu Ntara ya Tanganyika, mugace kamwe komu Mujyi wa Kalemie. Ibikoresho byahiye akaba aribya Komisiyo ishinze amatora muri Republika ya Demokarasi ya Congo (CENI).

Namakuru n’ubundi yemejwe n’umwanditsi Mukuru wa CENI muriyo Ntara ya Tanganyika bwana SAIDI BILALI yavuzeko hari za batteries zikoreshwa n’izuba ndetse n’ibyuma bishinzwe kugabanya imbaraga z’umuriro ibi bikoresho byose ngo bikaba byahiye birakongoka.

Uyu muyobozi yanavuzeko icyatey’impanuka arikibazo ca Circuit ariko ko abashinzwe izo service zamashanyarazi bamaze gutangira gusuzuma kugira iyo mpanuka itaza gukomeza.

Bwana Saidi yakomeje avuga ko uyu muriro wahise uzimwa utarafatira ahari habitse ibindi bikoresho byarimo imashini zifashishwa mugutora ndetse nahabitse ibindi bikoresho byinshi by’amatora.

By Bruce Bahanda.

Tariki 15/09/2023.

By Bruce

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.