• Fri. Jul 5th, 2024

Abaturage baturiye Pene Numbi homuri Manyema bitwikiyeho amazu agera kuri 80.

Share with others

Umuntu umwe niwe bimaze kumenyekana ko yahasize ubuzima nimugihe inzu zigera kuri 80 zo zamaze gutwikwa. Ni ibyabaye kuri uyu wa Kabiri 26/09/2023, bikozwe n’abasore biyise ngo niba ‘Mboyo’ mugace bita Pene Numbi, uherereye muri Localite iri kubirometero 28 n’u Mujyi wa Kindi ku nkombe ya Fleuve Congo muri teritware ya Kailo mu Ntara ya Manyema.

Nk’uko iyi nkuru igera kuri Minembwe Capital News, byavuzwe ko habayeho kunvikana guke hagati y’abasore barimo bizihiza ibijanye n’imico yabo haje kuza n’imyemerere y’uburyo bwo gukebwa ndetse n’uburyo bikorwa hagati y’abaturiye ako karere biza kurangira habaye impaka zabyaye kurwana aho haje gupfa umuntu umwe abandi barakomereka batwika n’Amazu agera kuri 80 bayatwikishije umuriro.

Aya makuru akaba yemezwa na Komiseri Mukuru k’urwego rw’i Ntara ya Manyema.

Uyu Komiseri Mukuru
Maître Lembalemba Marcel, yagize ati: “Si n’Umva kiriya gikorwa uburyo cakozwe n’abariya basore kuko biriya tubifata nkigikorwa c’ububandi ndetse kandi gihabanye n’ibyemezo bya Guverinoma.”

Maître Marcel, yakomeje avuga ati: “Gusa ndashimira inzego zishinzwe umutekano muri aka gace kuba zarafashe u mukingi zigahagarika izo nkozi z’ibibi ntizakomeza gutwika amazu y’abaturage.”

Ubu buyobozi bw’i Ntara ya Manyema bakaba basabye ko hakorwa iperereza ry’imbitse kugira ngo abakoze ayo mabi bafatwe ndetse n’aboba babyihishe inyuma bose bafatwe.

By Bruce Bahanda.

Tariki 27/09/2023.

By Bruce

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.