• Mon. Jul 1st, 2024

Uwahoraga y’iyita Colonel Mamadu Amuri, yaryamiye ukuboko kwabagabo, muntambara irikubera mubice bya Bwegera.

Share with others

Colonel Amuri Mamadu, wo mwitsinda rya Wazalendo, yaryamiye ukuboko kwabagabo muntambara irikubera muri Plaine dela Ruzizi.

Yanditswe n’a Bruce Bahanda, kw’itariki 13/07/2023, saa 11:00pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Mumirwano ikomeje kubera mubice byomuri Chefferie ya Plaine dela Ruzizi, homuri teritware ya Uvira, muntara ya Kivu yamajy’Epfo, mugihugu ca Republika ya Democrasi ya Congo. Iy’imirwano yaguyemo uwiyita Col Mamadu Amuri womwitsinda rya Wazalendo, bomubwoko bwa b’Apfurero.

N’imirwano yatangiye kumunsi w’ejo hashize tariki 12/07, ubwo muribi bice byo ku Bwegera havutse amakimbirane ashingiye kubuyobozi bwa Chami.

N’ihagati yabashigikiye Chef Mayeye (Umupfulero) nabandi bashigikiye Chef Kivuruga (U Murundi). Aho barimo barapfa kuyobora Groupement yomubice bya Bwegera homuri Chefferie ya Plaine dela Ruzizi.

Iyi mirwano ikaba imaze gupfiramo abantu barenga 10 bomwitsinda rya Wazalendo. Kuruyu wa Kane, Insore sore zabo mumutwe wa Wazalendo bari bafunze umuhanda wa Bwegera mu majy’Epfo no mu majy’Aruguru. Gusa kuruhande rwa Barundi barwanirira Chef Kivuruga ntiharabasha kumenyekana ko harabamaze kuhasiga ubuzima.

Muriyo mirwano kandi biravugwa ko umwe muri Wazalendo wahoraga y’iyita Colonel Mamadu Amuri ko yapfuye aguye murugamba rwabereye kumusozi wa Lwalama ruguru yomugace ka Lukobero aha akaba ari muri Groupement ya ki Goma, homuri teritware ya Uvira. Ibi bice bikaba aribice bigana mumisozi ya Butumba n’a Mutumwa.

Imirwano y’uyumunsi, mumakuru yizewe Minembwe Capital News dukesha abaturiye utwo duce nuko iy’intambara yanone yatangiye ahagana mumasaha yigitondo. Bakaba bageje isaha zijoro bakirimo gutebana amasasu hagati y’impande zihanganye(Abapfulero n’a Barundi).

Imbunda Abarundi babashe kwambura abo mumutwe wa Wazalendo nkuko bivugwa n’imbunda zirimo: “PKM, RPG n’a AK-47.

By Bruce

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.