• Mon. Jul 8th, 2024

Umwana w’umukobwa w’imyaka 12 yishwe mbere yuko yabanjye gushimutwa nabo bikekwa kwari Wazalendo.

Share with others

Umwana w’umukobwa w’imyaka 12 yishwe mbere yuko ashimuswe nabo bikekwa kwari Wazalendo.

Yanditswe na: Bruce Bahanda, tariki 10/08/2023, saa 11:30Am, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Mu mpera ziki cyumweru gishize umwana witwa Gad, ufite imyaka 12, basanze yapfuye nimugihe yashimuswe nabo bike kwa kwari Wazalendo. Uyu mwana w’umukobwa, basanze aho yiciwe kuwa kabiri.

Umurambo we wasanzwe aho watawe mu mwobo mubice biherereye kumurwa mukuru w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru (Goma).

Mumakuru Minembwe Capital News, ikesha ab’i Goma, avuga ko uwo mwana yavuye murugo iwabo ahagana saa kumi nimwe zumugoroba(17h) ubwo yaratumwe nabo murugo iwabo kugura Amagi nyuma yogutumwa ntiyagarutse.
Icyo kibazo kikaba cyarashikirijwe abashinzwe umutekano ariko ntabufasha bwigeze bu boneka!

Bikavugwako hara mafaranga umuryango w’uwishwe ko bari bakabye kumuvunjayi.
Mu makuru avugwa nuko urupfu rwuyu mwana w’umukobwa rukomoka kubantu bahafi mu muryango bakaba barakoresheje Wazalendo mukumwica nkuko bihwihwisa.

By Bruce

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.