• Mon. Jul 8th, 2024

Umuhanuzi wo mwitorero rya Wazalendo, kuruyu wa Mbere yagejejwe imbere y’ubutungane.

ByBruce

Sep 4, 2023
Share with others

Umuhanuzi w’itorero rya Wazalendo, yagejejwe imbere y’ubutungane. Uyu muhanuzi wahoraga ahanurira Wazalendo y’itabye Urukiko i Goma muri Republika ya Democrasi ya Congo, kuruyu wa Mbere tariki 04/09/2023.

Yitwa Ephraim Bisimwa, amakuru avuga ko uyu muhanuzi ariwe watangaga Gahunda zose mbere yuko Wazalendo bagira igikorwa bakora. Mu makuru Minembwe Capital News, yabwiwe nuko iri torero rya Wazalendo ryamenyekanye nyuma gato yuko aba Wazalendo bakirwa mu Gisirikare ca Republika ya Democrasi ya Congo. Nkuko iy’inkuru ikomeza ibivuga nuko iritorero aritorero bahoranye Kuva bakiba mu mashamba.

Uyu muhanuzi mubyo ashinjwa nuko ari mubashutse Wazalendo gukora imyigaragambyo. Gusa ntabyinshi biratangazwa kuri urwo rubanza rwuwo muhanuzi.

By Bruce Bahanda.

Tariki 04/09/2023.

By Bruce

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.