• Fri. Jul 5th, 2024

U Burusiya

  • Home
  • U Burusiya bwasezeranyije ibihugu birimo Leta Zunze Ubumwe z’Amerika ibikomeye.

U Burusiya bwasezeranyije ibihugu birimo Leta Zunze Ubumwe z’Amerika ibikomeye.

U Burusiya bwasezeranyije ibihugu birimo Leta Zunze Ubumwe z’Amerika ibikomeye. Ni byatangajwe na perezidansi y’u Burusiya, aho yaburiye ibihugu by’u Burayi n’Amerika biha Ukraine intwaro zo kurasa ku butaka bw’u…

Abategetsi bo mu gihugu cy’u Burusiya batangiye gukoresha amagambo yitera bwoba ku gihugu cy’u Bwongereza.

Leta y’u Burusiya yatangiye gukoresha amagambo yitera bwoba ku gihugu cy’u Bwongereza. Ni birimo gutangazwa n’abategetsi bo bo hejuru bo mu gihugu cy’u Burusiya; ahagana mu ntangiriro z’iki Cyumweru turimo,…

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye yamaganye igitero cya gabwe mu Burusiya, abategetsi bicyo gihugu bataragira icyo bakivugaho.

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi, yatanze abategetsi b’u Burusiya kuvuga ku gitero cyagabwe i Crocus City Hall hafi n’u mu Mujyi wa Moscow. Ni mu gitero cyaraye ki gabwe mu…

Umugore wo mu Burusiya, yahanwe n’u rukiko, azira kwa ndika ku rupapuro rw’itora.

Umudamu wo mu Burusiya yahanishijwe gufungwa iminsi umunani azira kwa magana intambara yo muri Ukraine. Ni urukiko rwo mu mujyi wa “Saint Petersburg,” rwa hanishije kuri uyu wa Gatatu, umugore…

Amatora yarangiye none ku Cyumweru, mu Burusiya, ntavugwaho rumwe nabose.

I Moscow ku murwa mukuru w’i Gihugu cy’u Burusiya abatora berekeje hirya no hino mu matora y’umukuru w’igihugu. Ni kuri uyu wo ku Cyumweru, tariki ya 17/03/2024, mu Burusiya batoye…

Umugabo uzwi cyane mu mateka y’u Burusiya,Jacob Jugashvili, ntiyemera ko Vradimir Putin abaho.

Vradimir Putin nyirizina ngo yarazimiye, uyoboye igihugu cy’u Burusiya n’undi utazwi. Ni ubuhamya bwatanzwe n’abantu batandukanye, nk’uko MCN tubikesha igitangaza makuru cya The Sun. Uwitwa Jacob Jugashvili, umwuzukuru wa Jaseph…

Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, yasabye leta y’u Burusiya guha agaciro imikino ya Olimpike.

Igihugu cy’u Burusiya cyasabwe guha agaciro imikino ya Olempike. Ni byasabwe na perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, ubwo yarimo aganira n’umunyamakuru ukomoka mu gihugu cya Ukraine. Emmanuel Macron yavuze ko…

Perezida Vradimir Putin, uri mu bakandida biyamamariza kuyobora u Burusiya, yasabye abaturage gukoresha ubushishozi mu gutora.

Perezida Vradimir Putin, w’u Burusiya yasabye abaturage bo mu gihugu cye kumuhundagazaho amajwi mu matora y’u mukuru w’igihugu, ari muri icyo gihugu. Ni amatora yabaye kuri uyu wa Gatanu, tariki…

Bidasubirwaho i Gihugu cy’u Burusiya cyiyemeje gushigikira igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, mu rugamba kirimo.

Igihugu cy’u Burusiya cyemeje ku mugaragaro ubufatanye mu bya gisirikare na leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo. Ni byashizwe hanze ni Nama y’abaminisitire kuri uyu wa Kabiri, tariki ya…

U Burusiya ngo burashaka gutera kimwe mu bihugu byo mu muryango wa NATO.

I Gihugu cy’u Budage cyatangaje ko u Burusiya buteganya gutera u muryango mpuzamahanga wa NATO uzwi nk’u w’ubwirinzi. Ni byatangajwe na minisitiri w’ingabo z’igihugu cy’u Budage, Boris Pistorius, ubwo yari…