• Wed. Jul 3rd, 2024

Ibisasu

  • Home
  • Ibisasu byatewe i Kanyabayonga, byishe abasivile benshi bikomeretsa abandi batari bake, kuri uyu wa Gatanu.

Ibisasu byatewe i Kanyabayonga, byishe abasivile benshi bikomeretsa abandi batari bake, kuri uyu wa Gatanu.

Ibisasu byatewe i Kanyabayonga byishe abasivile benshi bikomeretsa abandi batari bake, kuri uyu wa Gatanu. Ni bikubiye mu makuru yatanzwe hakoreshejwe amajwi, avuga ko muri centre ya Kanyabayonga hatewe ibisasu…

Indege y’intambara yo mu bwoko bwa Sukhoï-25, y’ihuriro ry’Ingabo za RDC, yongeye kugaragara itera n’ibisasu mu bice byo muri Masisi, bituwe n’abaturage.

Ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa, ryongeye gukoresha mu ntambara indege yo mu bwoko bwa Sukhoï-25 iyari imaze igihe idakoreshwa kubera ibibazo bya tekinike. Ni ukuva mu gitondo cya kare…

I Bujumbura mu Burundi ho ngeye kuraswa ibisasu muri ay’amasaha y’ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu.

I Bujumbura mu Burundi ho ngeye kuraswa ibisasu muri ay’amasaha y’ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 10/05/2024. Ni ahagana igihe c’isaha ya saa moya n’iminota irenga ho iminota…

Abategetsi bo mu gihugu cy’u Burusiya batangiye gukoresha amagambo yitera bwoba ku gihugu cy’u Bwongereza.

Leta y’u Burusiya yatangiye gukoresha amagambo yitera bwoba ku gihugu cy’u Bwongereza. Ni birimo gutangazwa n’abategetsi bo bo hejuru bo mu gihugu cy’u Burusiya; ahagana mu ntangiriro z’iki Cyumweru turimo,…

Ibibomba byahitanye abantu mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo birashwe n’ingabo z’u Burundi kubufatanye n’ingabo z’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Ibibomba byahitanye abantu mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo birashwe n’ingabo z’u Burundi kubufatanye n’ingabo z’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo. Ni ahagana isaha z’igitondo cyo kuri uyu wa Gatatu…

Ku mugoroba wo ku wa Gatatu, ibi bombe byatewe mu bice byo muri Kivu y’Amajyepfo, bigira abo byica n’ibyo byangiriza.

Ku mugoroba wo ku wa Gatatu, ibi bombe byatewe mu bice byo muri Kivu y’Amajyepfo, bigira abo byica n’ibyo byangiriza. Hari igihe c’isaha z’igicamunsi, kuri uy’u wa Gatatu, itariki ya…

Ku mugoroba w’ejo hashize, ibisasu biremereye by’ihuriro ry’Ingabo za Guverinema ya Kinshasa, byatewe mu duce two muri teritware ya Masisi.

Ibisasu biremereye by’i huriro ry’ingabo z’ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye kwibasira uduce twigaruriwe na M23, muri teritware ya Masisi. Ni ahagana igihe c’isaha z’u mugoroba zo ku…

Ibisasu biremereye byatewe i Sake no mu nkengero zayo, byasize bihitanye n’abarimo ingabo zirwana ku ruhande rwa Guverinoma ya Kinshasa.

Ibisasu biremereye byahitanye abantu muri centre ya Sake, ho muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Ni ibisasu byatewe ahagana isaha z’igitondo cyo kuri uyu wa Kane, tariki…

Igisirikare cya Ukraine cyakoze igitero cya mbere kiri kure, gihita cyangiriza uruganda rukaze rwo mu Burusiya.

Igisirikare cya Ukraine cyateye ibisasu bikaze ku ruganda ruyungurura peteroli mu gihugu cy’u Burusiya. Ni uruganda rwa Taneco rw’ikigo cy’u bucukuzi Tatneft, ruyungurura peteroli, rwateweho ibisasu biremereye by’ingabo za Ukraine,…

Hamenyekanye amakuru ko Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, zifasha igisirikare cya Israel mu ibanga rikomeye mu bitero bagaba mu Ntara ya Gaza.

Hagaragajwe ko leta Zunze Ubumwe z’Amerika, yoherereza Israel imbunda zikomeye mu bitero igaba mu Ntara ya Gaza. Ni ibanga ryatangajwe n’igitangaza makuru cyo muri leta Zunze Ubumwe z’Amerika, kizwi nka…