• Mon. Jul 8th, 2024

Bujumbura

  • Home
  • Ingaruka z’u bukene buri mu Burundi ahanini bwo gukena lisansi ziri kugira ingaruka ku Banya-uvira, mu Ntara ya Kivu y’Epfo.

Ingaruka z’u bukene buri mu Burundi ahanini bwo gukena lisansi ziri kugira ingaruka ku Banya-uvira, mu Ntara ya Kivu y’Epfo.

Abaturiye umujyi wa Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo binubiye Abarundi baje gushakira lisansi muri ibyo bice ari benshi, bikaba byatumye igiciro cyayo kizamuka. Ni byatangajwe na batwara ibinyabiziga bo…

U Rwanda nta kurya umunwa, rwagaragaje impamvu leta y’u Burundi irushinja gutera ibisasu mu mujyi wa Bujumbura.

Leta ya Kigali yanyomoje ibirego yashinjwaga n’u butegetsi bwa perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi byo kugira uruhare mu iterwa ry’ibisasu mu mujyi wa Bujumbura. Ni bikubiye mu butumwa u Rwanda…

Perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye yagize icyavuga ku bisasu byatewe i Bujumbura ku murwa mukuru w’u bukungu.

Perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye yagize icyavuga ku bisasu byatewe i Bujumbura ku murwa mukuru w’u bukungu. Ni mu butumwa yatanze bwo guhumuriza Abarundi nyuma y’uko mu joro ryaraye rikeye…

Abari bakomerekejwe n’ibisasu byatewe i Bujumbura bamwe muribo bitabye Imana.

Abari bakomerekejwe n’ibisasu byatewe i Bujumbura bamwe muribo bitabye Imana. Ni mu ijoro ryaraye rikeye rishira kuri uyu wa Mbere tariki ya 06/05/2024 nibwo abantu bari bitwaje imbunda bateye ibisasu…

Mu ijoro ryakeye rishira kuri uyu wa Gatanu, inkongi y’umuriro yafashye isoko nto ya Ruvumera, mu mujyi wa Bujumbura.

Isoko nto, iherereye muri Quartier ya Ruvumera, muri Buyenzi, mu mujyi wa Bujumbura, mu ijoro ryakeye yafashwe n’inkongi y’u muriro. Ahagana isaha ya saa moya zo mu ijoro ryo ku…

Impunzi n’abanyamahanga baba mu gihugu cy’u Burundi, bahamagariwe kwibaruza.

Abanyamahanga bari mu gihugu cy’u Burundi, bamenyeshejwe ko bagiye kubarurwa. N’ibikubiye mu itangazo ryashizwe hanze kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 20/03/2024, riteweho umukono na minisitiri w’u mutekano w’imbere mu…

Umukuru w’igihugu cy’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yavuze ko gukubitwa inkoni bikosora ko ndetse nawe yigeze gukubitwa ibibando byinshi.

Umukuru w’igihugu cy’u Burundi, Evariste Ndayishimiye yavuze ko yigeze gukubitwa ibibando byinshi akekwaho ubwicanyi. Nibyo perezida Evariste Ndayishimiye yatanze mu kiganiro aheruka kugirana n’inzego zishinzwe umutekano i Bujumbura, ku murwa…

Benshi mu basirikare b’u Burundi, barigucyurwa bavanwa RDC bafunzwe.

Abasirikare b’u Burundi ba barirwa muri magana ane(400), biravugwa ko bacyuwe bavanwe mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo ndetse ko bamaze kugezwa i Bujumbura, mu gihugu c’u Burundi.…

Leta ya Bujumbura y’injiyemo amazimwe nyuma y’uko isabwe kubwiza ukuri abarundi kucyoba cyarishe uwahoze ari perezida Peter Nkurunziza.

Ku wa Mbere, tariki 27/11/2023, u munyamakuru w’u murundi akaba n’umuyobozi mukuru wa Radio RPA ikorera mu gihugu c’u buhingiro, Bob Rugirika, yemeje ko uwahoze ari perezida w’u Burundi, Peter…

Inyeshamba zomumutwe wa Red Tabara, zirabeshuza amakuru avugako b’injiye mugihugu c’u Burundi.

Umutwe w’inyeshamba wa Red Tabara, urwanya leta ya Bujumbura, wahakanye amakuru avugako b’injiye mugihugu c’u Burundi. Yanditswe na Bruce Bahanda, kw’itariki 05/07/2023, saa 10:20pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe. Inyeshamba…